Imyidagaduro
Reba uburanaga bw’umukobwa w’umunyarwandakazi wambura akabishimirwa (amafoto)

Indirimbo ya Dj Pius na Dr Jose Chamileone bise “Agatako ” imaze iminsi micye igeze hanze ,usibye kuba inogeye amatwi,abenshi bishimiye n’amashusho yayo uko akoze ariko usibye nibyo aya mashusho agaragaramo umukobwa w’umunyarwandakazi witwa Nickita Ndoli,Nk’uko bigaragara Nickita n’umunyamideli n’umurimbyi ariko kandi imyambarire ye n’uko agaragara muri video agatako birabihamya

iyi n’imwe mu mafoto ya Nickita yahimbajwe n’abakunzi be nyamara ni bacye mu banyarwandakazi batinyuka gushyira hanze amafoto abagaragaza gutya

Ubwo benshi baba bavuga umuco nyarwanda ni nkaho ugenda ujya kure ya bamwe ,kuko kuri iyi foto hagaragara amagambo y’abakunzi ba Nickita bishimira ko yaberetse imiterere ye atitangiriye,bamwe bati uradufite.

Ifoto igaragaza Nickita nk’utambaye umwenda w’imbere nayo yateye  abakunzi be kumukomera amshyi

Nickita na Dj pius
Birashoboka ko washima ibintu umuntu yakoze cyangwa ukabigaya ariko ntacyo biba bihindura kubyabaye ndetse burya ngo ntawe ushimwa na bose kimwe n’uko ntawe ugwa nabose ,nawe hari icyo wumva wavuga nyuma yo kureba aya mafoto ,witinya kucyandika hano hasi.
https://www.youtube.com/watch?v=suexOtKx5JM
-
Imyidagaduro1 day ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Njuga ukina muri Seburikoko yirukanywe mu nzu abamo| Yiyamye umusore baturanye wamuhururije abanyamakuru| Inkuru irambuye
-
Inkuru rusange2 days ago
Umugabo n’umugore bakinnye ikinamico y’ubukwe bakiri abana byarangiye barushinganye.
-
Izindi nkuru1 day ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Imyidagaduro2 days ago
#MissRwanda2021: Abakobwa 3 bahaye ubutumwa mugenzi wabo ushyigikiwe na Ali Kiba| Bose barashaka ikamba| Umuriro watse 🔥
-
Imyidagaduro2 days ago
ShaddyBoo yinjiye byeruye mu bucuruzi bw’amashusho n’amafoto ku rubuga rwa Onlyfans
-
Imyidagaduro1 day ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
Uyu mwana araryoshye ndakurahiye,gusa na none yishe umuco ubuse kuki yimbuye aka kageni koko
Yemwe ibi ni bicye mu bonye mu bya nickita we kuko yakujeho,n’agasinzi ,karasambana,mbese gafite defo zose z’abakobwa babi mu rugo gusa kararyoshye mu gitanda ndakurahiye
Aka gakobwa kigize indaya
Gusa ababyeyi be bihangane ibyaye ikiboze irakirigata
Ubuse kirirwa kambaye ubusa kazi ko katanashirije nde
Udukobwa nkutu tuba dukwiye ikigo ngororamuco kuko bitabaye ibyo
U rwanda turarumbije pe
Ubuse ibi byabaye he koko
Gusa sicce yanyu ni umwaka umwe ibiri ugahita uba nkuruboga bakaranze
Ukibagirana
Bakagutera inda ukagenda ugahurika hari benshi twari tuzi ubu tutazi amaherezo yabo
Ukeka ko ari ww wabarusha ubutwari cg ubwiza cg kwambara ubusa kwel ?
Wa mukobwa we ibyo uzajya ujya gukora ujye utekereza akarenze kabiri
Ndabyumva izo video wazijyamo abo wita aba star ukunda mugahura mukaryamana aho sawa
Kuma website ukandikwaho
Ark ujye umenya ko ariko ukomeza kujya mu kuzimu (mu muriro utazima ) utabizi
Joseph ndagushyigikiye rwose kumagambo yawe arimo ubugenge n’impanuro. Rwose uyu mukobwa afite impano yo kuba ateye neza p arko hari benshi bamurenzeho ko batigira batyo c
Oya rwose nta munyarwanda wari ukwiye gushyigikira ibi harya ngo ni iterambere ?wapi rwose ibi ni ugutandukira indangagaciro nyarwanda banjye bahindura nationality Bo kudusebya. Ntatwumve nabi niba asoma izi comment turamusabira kwa nyagasani guhinduka hakiri kare, rwose ibyo abanyarwandakazi benshi barahari babikora no kurenza aho arko ntago biri mumico yacu niyo mpamvu bamwe babibona bakanabitinya arko ikibabaje nuko mbona hari abashaka kubatinyura
Mana tukuragije Urwanda n’abanyarwanda by’umwihariko bashiki bacu
Comment:yayayayayayayyy…..hahahhhhhhhhh ubuse koko nkaka kazimu muramutaka mukurikije iki kweli kubera se amaguruye mwirirwamo mwaramugiz umwanda ngo nawe aziko ari kwa mamara puuaahahhhh umva chryy uzarebe abari bamez gutyo nako abo wigana uko babayeho ntago uri kabi ariko ihe respect kbsn hari abana beza baba nyarwandakazi bateye neza kurenzaho kure basa neza badasa nkuko umeze nkaga congolais kandi batije hahhhhhh keep calm bitch
I liked the last 2 comments- The so-called super stars you are running after, wont help you when your beauty is gone. So you’ve got to think twice before showing this “CRAZIEST BEHAVIOR.” I promise you that whoever will see these pictures and wants you to perform with you; the only thing he will be interested in is ” WHAT IS BETWEEN YOUR LEGS” nothing else. Its not too late though, change your mind and behave. You will find a husband who will take of you for the rest of your life. Other that that, you’re just wasting your time.
Comment:hhhhh nyuma ya 3 years azajya ajya ahantu abure numuvugisha bose bazaba baramuhaze
Non, ni uburenganzira bwe rwose ntakibi yakoze, ntawe yatutse, kwambara sexy ni vie privé ye, ntawe bikwiye gutesha igihe, mwavuze ngo ni umunyamideli nonese yambare nkugiye mukiriziya? Rwose mwimusebya mwese ntawaryamanye nawe, kuri njye nakomereze aho ntacike intege
Comment:iren nawe uri nkawe.ubwiza buba mumutima.bye expose azabona aba client.barahari niyiyandarike bazamwandurura vuba
Comment:OK YIYEMEJE GUKORA PUBRICITE YA SATANI,ABAMUSHIMA NABO NABO BAFATANYA,GUSA IHEREZO NIRITO KUMUBIRI NO KUMWUKA IMANA YADUSHYIZEMO,NIWISUBIZA NTACYO SATANI AZAMUFASHA KUKO ABAYARANGIJE GUTAMBUTSA SMS YO KUYOBYA ABANTU KDI SEKIBI NTAMBABAZI AGIRA AHEMBANABI NTAHO WAKWITANYAGUZA UTE,WE ARASHAKA ABO BAZASHYANA BIRACYAZA NABANDI BAKOBWA NKAWE BAZADUKA,DUSENGERE BEGERE IMANA CYANE KUKO SATANI AKENEYE ABAKOZI NKABA KUMURIMO WO KUYOBYA URUBYIRUKO