in ,

Reba ifoto ya Miss Kalimpinya Queen yatumye umwe mu bafana be amubwira ko hahirwa uzamushyira mu mago

Miss Kalimpinya Queen ni umwe mu bakobwa 26 bahataniye ikamba rya Nyampinga w’U Rwanda 2017 ryaje kwegukanwa na Miss Iradukunda Elsa. Miss kalimpinya Queen we yegukanye ikamba ry’igisonga cya gatatu (3rd Runner-up 2017). Nyuma yo kurangiza irushanwa rya Nyampinga w’U Rwanda 2017, Miss Kalimpinya Queen yakomeje gukora ibikorwa bitandukanye bijyanye n’umushinga yahigiye kuzakora ubwo bari muri boot camp yabereye muri Hotel Golden Tulip iherereye i Nyamata mu karere ka Bugesera. Miss Kalimpinya Queen mu minsi ishize abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram aherutse gushyira hanze ifoto ye yavugishije abantu batari bake bakomeje kugenda batangarira ubwiza bw’uyu mukobwa.

Iyi niyo foto Kalimpinya Queen yashyize kuri instagram

Miss Queen akimara gushyira hanze iyi foto ye, abafana be bari hirya no hino batangiye kugenda bayivugaho ibintu bigiye bitandukanye gusa umwe mu bafana be ntiyaripfanye yahise amwerurira ko hahirya umusore uzamushyira mu mago. Ibi bigaragara ko yabivuze agendeye ku bwiza budasanzwe yabonanye uyu mukobwa. Mu magambo ye bwite uyu mufana wa Queen yagize ati: “hahirwa uzagushyira mu mago”

Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’abafana ba Miss Queen

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ikintu gikomeye umugore wa T.I yamukoreye cyatumye ahungabana abantu bagatungurwa

Umukinnyi ukomeye w’ikipe ya Fc Barcelona akoze igikorwa gihamya ko Philippe Coutinho agiye kwerekeza muri iyi kipe(kirebe hano)