Inkuru rusange
Reba hano umugore ugiye kubana burundu na Eddy kenzo

Yitwa Rema Namakula,yabyariye imfura Eddy Kenzo n’ubwo umwana babyaranye ,Eddy na Mathias Walukaga babanje kumurwanira byaje kurangira Eddy amwegukanye ndetse ahitamo kiwbikaho Rema bitemewe n’amategeko,mu gihe benshi bakomeje kwibaza niba bazajyera ubwo barusenye,ubu noneho hari amakuru ko bahisemo kwibanira burundu kandi byemewe n’amategeko.
Ubu amakuru dukesha Biyege news arahamya ko Rema na Eddy bahisemo kujya kwirega ndetse no gukora ubukwe ku mugaragaro bitarenze ukwezi gutaha ndetse ngo ubu barigukorana indirimbo.
-
imikino19 hours ago
Umunyamakuru wa Radio B&B FM UMWEZI yaraye ahaye urwenya abanyarwanda
-
imikino20 hours ago
Udukoryo n’utuntu dusekeje twaranze abanyarwanda ubwo bishimiraga insinzi y’amavubi
-
imikino14 hours ago
Umunyamakuru ukomeye na we yagabiye inka #Sugira Ernest nyuma y’intsinzi y’Amavubi
-
Imyidagaduro12 hours ago
Kecapu yarajwe muri stade yarenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 (AMAFOTO)
-
inyigisho22 hours ago
Mukobwa, niba wasohokanye n’umusore mukundana irinde aya makosa kuko ushobora kuhata ibaba.
-
Imyidagaduro16 hours ago
Pamella na The Ben basohokanye ku mazi kurya ubuzima (VIDEO)
-
Inkuru rusange12 hours ago
Benshi bakomeje gutwerera #intsinzi y’Amavubi umupfumu Rutangarwamaboko wari washyize iyi kipe mu biganza by’Abazimu b’i Rwanda
-
Hanze13 hours ago
Umukobwa w’icyamamare wakundwaga n’abatari bake muri filime z’Inyakoreya yapfuye bitunguranye.