Inkuru rusange
Reba hano imiterere y’indege itwarwa n’izuba iri kugeragezwa.

Iyi ndege yarangije urugendo yakoraga rw’igeragezwa,yanzengurutse inyanja ya Pacific,uru rugendo yakoraga rw’iminsi itatu ngo yarurangije neza,ni mu rwego rwo kuyigeregeza ikindi kandi rukaba rwari urwa 9 ikoze mu ngendo bayiteguriye zo kuzenguruka isi.
Iyi ndege itwarwa n’imirasire y’izuba,igice cyinini kibanza hejuru kuri iyi ndege kigizwe n’ibaba ritwikiriye amabuyerika riwtikiriye amabuye 17,000, abika ingufu z’amashanyarazi zivuye ku mirasire y’izuba,ibaba ryayo ni rirerire cyane kuko risumba irya Boeng 747 kure.
Uyu n’umushinga watangiye muri 2002,utangizwa na miliyoni 100 z’amadolari ya Amerika, nk’uko Bertrand Piccard wari uyitwaye ubwo yinjiraga hejuru y’ikiraro Golden Gate Bridge muri San Francisco yabivuze ngo ntabwo iyi ndege iteze izarambira muntu cyane ko yo ubwayo yiha ingufu mu kirere ,ingendo z’iyi ndege zatangiriye i Abu Dhabi mu kwezi kwa Kamena/2015 zisubikwa n’uko babonaga amabuye yayo ashyuha cyane none ubu rwasubukuwe.
Iyi ndege niramuka yemejwe niyo yonyine izaba ibayeho mu mateka ya muntu,ishobora kwiha ingufu ziyitwara iri mu kirere ,idakeneye kujya ku butaka ngo inywe Benzene..”
-
Imyidagaduro14 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro12 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru2 days ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Imyidagaduro5 hours ago
Hamenyekanye impamvu Kimenyi Yves yafashe icyemezo cyo kwambika impeta Miss Uwase Muyango igitaraganya
-
inyigisho14 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.
-
Izindi nkuru2 days ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.