Imyidagaduro
Reba hano amashusho y’indirimbo Wenda Azaza ya Dream Boys na Clarisse

Muri iyi ndirimbo hagaragaramo abandi bahanzi nkaho Mariya Yohana agaragara muri aya mashusho nk’umubyeyi uba uhumuriza umwana watawe n’umubyeyi, akamubwira ati ‘Wenda azaza, Wenda azaza n’amarira ku maso, uzamubabarire….†Mariya Yohana ahumuriza uwo mwana w’umusore bigaragara ko ariwe wifashishijwe muri aya mashusho nk’umwana watawe n’ababyeyi.
Usibye Mariya Yohana kandi muri aya mashusho hagaragaramo Christopher uba acuranga gitari acurangira aba bahanzi.  Iyi ndirimbo igiye hanze nyuma y’iminsi micye Dream Boyz bamuritse Album yabo ya Gatandatu bise ‘Wenda azaza’. Amashusho yayo yafashwe anatunganywa na Producer Ma_Riva umenyerewe mu ruganda rwa muzika hano mu Rwanda.
-
Imyidagaduro9 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro6 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru2 days ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
inyigisho8 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.
-
Imyidagaduro2 days ago
Umuhanzi Platini biravugwa ko agiye gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.