Ubuzima
Reba Amafoto y’ibyamamare ukunda biri mu gihome!

Abenshi mu bahanzi,abahanzikazi ukunda bagiye bajya isheni(bafungwa) ubwo bakoraga ibinyuranyije n’amategeko bamwe muribo bagiye bazira gucuruza ibiyobya bwenge,gutunga imbunda bitemewe,urugomo n’ibindi ,twabazaniye urutonde rw’abo n’amafoto muri icyo gihe bari mu mage.
Jay-Z yafungiwe urugomo ahagana u mwaka w’1999.iki gihe yari yakubitiye umuproduce mu kabyiniro i Las vegas,icyaha cyaje kumuhama arafungwa .
2Pac
yafunzwe mu mwaka w’1993 ashinjwa kuryamana n’umufana,nyuma yaje gufungurwa kuko basanze uwo mukobwa ntakimenyetso cy’uko yasambanyijwe.
Lil Wayne yafungiwe gutunga ibiyobyabwenge
Tyga yafunzwe muri 2012,nyuma yo kumara imyaka ine yose yihishahisha cyane ko icyaha cyo kwica amategeko yo mu muhanda yari yagikoze muri 2008 ari nabwo yakorerwaga impapuro zo kumuta muri yombi.
Urugomo rwa Justin Bieber rwamujyanye mu nzu y’ingororwa muri 2014

50 Cent yafungiwe gucuruza heroine na Cocaine nk’uko na nyina yabikoraga mbere yuko apfa.

Snoop yafungiwe gutunga imbunda bitemewe n’amategeko.
Wiz Khalifa muri 2013 yafungiwe Marijuana ,ahita yifata ifoto ayishyira hanze ati”Jail Selfie”
Mike Tyson yafunzwe muri 2007 azira kunywa ibiyobyabwenge nyamara yari yaravuze ko yanze icyo Tupac yajyaga amusaba ko basangira.
2003 Michael jackson yafunzwe azira gusambanya umwana w’umuhungu.
Eminem ,Slim Shady yafunzwe azira gutunga imbunda mu buryo butemewe.
chris Brown yarafunzwe azira guhohotera Rihanna
Nicki Minaj yafunzwe afite imyaka 20,azira gutunga imbunda mu buryo butazwi.
Rick Ross yafunzwe azira urugomo no gushimuta hari mu mwaka wa 2014.
Nelly nawe yarafunzwe afatanywe imbunda na marijuana
Young Thug yarafunzwe azira imyitwarire idahwitse no kunywa ikiyobyabwenge
Blac chyna yafungiwe i Texas ubwo yafantanagwa ibiyobyabwenge ku kibuga cy’indege cya Austin
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda23 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
Imyidagaduro18 hours ago
Bamenya yashimishije abantu bikomeye ubwo bamutunguraga ku isabukuru ye y’amavuko (AMAFOTO)
-
Ikoranabuhanga20 hours ago
Birababaje:Umwana w’imyaka 12 yapfuye aheze umwuka ubwo yakoraga《Blackout Challenge 》yo kuri Tik Tok.
-
Imyidagaduro15 hours ago
Wa mukobwa wo mu ndirimbo ikinyafu biramurenze|Noneho agiye kwiga.
-
urukundo23 hours ago
Amakosa ukwiye kugendera kure niba ushaka ko umukunzi wawe mutangiye gukundana mugumana.
-
Utuntu n'utundi21 hours ago
Uyu mugabo ni we wa mbere ku isi waciye agahigo ko kumara igihe kirekire yafunze umwuka adahumeka.
-
Izindi nkuru6 hours ago
Umugabo yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatwaga ku ngufu n’abagore babiri barwaye SIDA bamufatiyeho imbunda.
-
Imyidagaduro13 hours ago
Uko angana ni ko arya! Reka tugutembereze ku meza y’ibiba byateguwe iyo The Rock agiye kurya-AMAFOTO