Inkuru rusange
Reba amafoto utigeze ubona na rimwe y’ubwato bwa Titanic!

Bwite The Royal Mail Ship (RMS)  cyangwa Titanic  nk’uko twabivuze haruguru bwakozwe na the White Star Line butangazwa ku italiki ya 31 z’ukwezi kwa Gatanu mu mwaka w’1911. The White Star Line yashakaga gukora ubwato bw’inzozi buzarenga ubwo yari yakoze mbere bwitwa Mauritania na Lusitania  bwari bwayihaye kuba igihangange kubera umuvuduko wa bwo.
RMS Titanic yari igizwe n’ibisunika amazi n’umuyaga bikanganye,Iyi foto ibigaragaza  yafashwe mu gihe imirimo yo kubwubaka yari igeze ku musozo
Mbere y’uko bugonga ikibuye cyo mu nyanja bwarimo George A. Harder n’umufasha we bari bamaze igihe gito bakoze ubukwe ndetse ngo babugiyemo mu rwego rwo kwizihiza ukwezi kwa buki, Uwafashe iyi foto mbere yuko ubwato buhaguruka yitwa  Bernie Palmer ndetse yayigurishije akayabo kuko yasigaye ari ikimenyetso gikomeye cy’imbaga yahitanywe na Titanic iba n’urwibutso ku mugore wa George kuko umugabo we yaguye muri ubu bwato we akarokoka
Aho kuryama honyine muri Titanic hatwaye ababwubatse agera ku $150,000 y’icyo gihe
Titanic mbere yo gutangira urugendo

Ngo yagiye mu mazi bitwaye amasegonda 62 kugira igezwe mu mazi nyamara yari yikoreye toni 23 z’amavuta (source :Blitzlift)

Titanic ivuye ku nkengero z’inyanja itangiye urugendo
Kimwe mu byasubizagayo amazi n’umuyaga cyasanzwe ku ndiba y’inyanja

Abari bayoboye ubwato,umugabo wicaye ku muronko w’imbere ufite ubwanwa bwera yitwa Edward J. Smith niwe wari coptain w’ubwato

Uru nirwo rutare rwasatuyemo ubwato
-
Imyidagaduro21 hours ago
Miss Josiane nyuma yo ku muterera ivi akambikwa impeta n’umukunzi we, ibyabo byarangiye gute ?
-
Imyidagaduro19 hours ago
Fiancée w’umuhanzi Emmy aratwika koko! Igitangazamakuru gikomeye ku isi cyatangariye ubwiza bwe
-
Izindi nkuru13 hours ago
Havumbuwe impamvu za slayqueen zisigaye zijya gushakira amaronko i Mahanga zisize abakire hafi yazo
-
imikino17 hours ago
Abakinnyi 11 b’Amavubi bazabanza mu kibuga ku munsi w’ejo mu mukino uzabahuza na Uganda Cranes bamaze kumenyekana
-
Imyidagaduro17 hours ago
Jules Sentore yakoresheje amagambo yuzuyemo urukundo rwa kibyeyi maze yifuriza umukobwa we isabukuru nziza
-
inyigisho17 hours ago
Uziko burya gusomana bigabanya umuvuduko munini w’amaraso mu buriri bikagabanya n’umubyibuho ukabije
-
Inkuru rusange21 hours ago
Umugabo n’umugore baguwe gitumo baterera akabariro mu mudoka ku muhanda.
-
inyigisho11 hours ago
Umukobwa mukundana nakwitwaraho gutya uzakuremo akawe karenge kuko yamaze kukwikuramo arabiguhisha.