Ubuzima
Reba amafoto utigeze ubona na rimwe y’ubwato bwa Titanic!

Bwite The Royal Mail Ship (RMS)  cyangwa Titanic  nk’uko twabivuze haruguru bwakozwe na the White Star Line butangazwa ku italiki ya 31 z’ukwezi kwa Gatanu mu mwaka w’1911. The White Star Line yashakaga gukora ubwato bw’inzozi buzarenga ubwo yari yakoze mbere bwitwa Mauritania na Lusitania  bwari bwayihaye kuba igihangange kubera umuvuduko wa bwo.
RMS Titanic yari igizwe n’ibisunika amazi n’umuyaga bikanganye,Iyi foto ibigaragaza  yafashwe mu gihe imirimo yo kubwubaka yari igeze ku musozo
Mbere y’uko bugonga ikibuye cyo mu nyanja bwarimo George A. Harder n’umufasha we bari bamaze igihe gito bakoze ubukwe ndetse ngo babugiyemo mu rwego rwo kwizihiza ukwezi kwa buki, Uwafashe iyi foto mbere yuko ubwato buhaguruka yitwa  Bernie Palmer ndetse yayigurishije akayabo kuko yasigaye ari ikimenyetso gikomeye cy’imbaga yahitanywe na Titanic iba n’urwibutso ku mugore wa George kuko umugabo we yaguye muri ubu bwato we akarokoka
Aho kuryama honyine muri Titanic hatwaye ababwubatse agera ku $150,000 y’icyo gihe
Titanic mbere yo gutangira urugendo

Ngo yagiye mu mazi bitwaye amasegonda 62 kugira igezwe mu mazi nyamara yari yikoreye toni 23 z’amavuta (source :Blitzlift)

Titanic ivuye ku nkengero z’inyanja itangiye urugendo
Kimwe mu byasubizagayo amazi n’umuyaga cyasanzwe ku ndiba y’inyanja

Abari bayoboye ubwato,umugabo wicaye ku muronko w’imbere ufite ubwanwa bwera yitwa Edward J. Smith niwe wari coptain w’ubwato

Uru nirwo rutare rwasatuyemo ubwato
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro19 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
urukundo9 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima9 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda22 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda21 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo22 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.
-
Hanze19 hours ago
Wa muhanzikazi wamaze icyumweru kwa Diamond Platnumz yahaswe ibibazo| Ibyo guterwa inda na Diamond| Ukuri kose yagushyize hanze