Featured
Reba amafoto agaragaza ubwiza bw’umukobwa w’ikizungerezi uri mu rukundo na Alvaro Morata (Amafoto)
Umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Real Madrid ,Alvaro Morata kuri ubu uri hafi kwinjira mu ikipe ya Manchester united ni umwe mu bakinnyi bavugwaho kugira abakunzi bafite uburanga butangarirwa n’abatari bake.
Nk’uko tubikesha dailystar, ngo uyu mukobwa w’imyaka 22 y’amavuko yitwa “Alice Campello” akaba ari n’umunyamidelikazi ukomeye. Bivugwa ko amakompanyi akora imyenda itandukanye ngo aba ishaka cyane uyu mukobwa kugira ngo ayafashe kwamamaza imyendaimyenda bakora kuko ikimero cy’uyu mukobwa gikundwa na buri wese, ndetse ari mubanyamideli bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga zirimo instagram. Ihere ijisho amwe mu mafoto ya Alice Campello:
