in ,

Reba amafaranga atangira ingano bisaba kugira ngo uganire na Cristiano Ronaldo isaha imwe

Abagabo Der Spiegel Rafael Buschmann na Michael Wulzinger nyuma y’aho bashyiriye hanze igitabo cyitwa “The Dirty Business of Football” bagashyira hanze amabanga n’utuntu dutangaje tubera muri Ruhago kuri ubu bwo bashyize hanze amafaranga bisaba ngo uganire na Cristiano Ronaldo.

Mu mwaka wa 2013 nibwo sosiyete yo muri Arabiya Saoudite yatanze Miliyoni 1 n’ibihumbi ijana by’ama euro ngo bavugane na Cristiano Ronaldo igitondo kimwe gusa.Bakaba kuri ako kayabo kose baravuganye nawe amasaha 4 anabaha imipira 4 inasinyeho ya Real Madrid ndetse banakoresha ifoto ye bamamaza ibihangano byabo umunsi wose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Poze nshya abakobwa badukanye yo kwifotora ikibuno kuri Instagram iri gusaza abasore

Aka ni akumiro: Umva ibitutsi bikakaye Cristiano Ronaldo yatukanye na Fernando Torres