in ,

Reba agashya umuhanzi The Ben yakoreye abari bitabiriye igitaramo cye i Ottawa (videwo)

Umuhanzi nyarwanda The Ben uherutse gushyira hanze indirimbo ye nshya yakoranye na Sheebah ariyo Binkolera mu minsi ishize wanakoreye igitaramo gikomeye cyane mu mujyi wa Ottawa ayo yakomeje guhamiriza abakunzi be ko adashobora gusimburwa ku mwanya wa mbere yaje no kubakorera agashya.

Nkuko bigaragara muri aya mashusho The Ben yashyize hanze abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, yatunguwe nuko umunyamidelikazi Lisette De Jesus uri mu mashusho y’indirimbo HABIBI yamusanze ku rubyiniro maze bahita bafatanya kuririmba HABIBI bitungura abantu benshi cyane bari bitabiriye icyo gitaramo ndetse barishima cyane.

Image result for habibi by the ben
Lisette uri mu mashusho y’indirimbo HABIBI ya The Ben

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo yafashe icyemezo cye cyanyuma ku kazoza ke(Iyumvire)

Ibyo umutoza Zinedine Zidane yakoze nyuma y’icyemezo cya Cristiano Ronaldo byatangaje benshi