in ,

REAL MADRID igiye kugurisha umwe mu bakinnyi bayo bakomeye cyane

 

Aya makuru yashyizwe hanze n’ikinyamakuru Don Balon yavugishije benshi kandi biziyongera igihe aya makuru azaba yemejwe.Related image

Amakuru avuga ko Florentino Perez; perezida w’ikipe ya Real Madrid yaba agiye kugurisha umwe mu bakinnyi bakomeye bayo. Uyu mugabo ngo yaba yahisemo kugurisha Karim Benzema waguzwe miliyoni 35 z’amayero ava muri Olympique Lyonnais; ibi Florentino Perez yaba abikoreye business gusa kuko yishimiraga Benzema.Image result for benzema
Ku myaka ye 29, Benzema yaba azerekeza muri ikipe imwe hagati ya PSG, Arsenal cyangwa Chelsea ndetse indi mpamvu iri kuvugwa ngo ni ukugirango abe yabona ndetse n’amafaranga ahagije yo kuzana Kylian Mbappé.Image result for mbape

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Malia Obama akomeje gutungurana kubera kwambara imyambaro adasanganywe (amafoto)

Dore amafoto agaragaza uburanga bwa Butera Knowless utigeze ubona