Nyuma y’igihe kitari gito bivugwa ko uwari umwataka wa Rayon Sport Yannick BIZIMANA yaba yarerekeje muri mukeba APR FC gusa ntibize kwemezwa nuruhande urwarirwo rwose ubu iyi kipe yamaze gutangaza ko batandukanye kumugaragaro.

Yannick BIZIMANA Yaje muri Rayon Sport aturutse mu ikipe ya AS MUHANGA ndetse yari yagaragaje ko ari umwataka wumuhanga , nyuma yuko championat isojwe kubera icyorezo cya Corona Virus byagiye bivugwa Yannick yaba yarahise yumvikana na APR FC gusa ntanumwe wari wabishyize kumugaragaro gusa ubu binyuze kurukuta rwa twitter rwikipe ya Rayon Sports Ubu yannick Bizimana byemejwe ko atakiri umukinnyi w’iyi kipe nubwo bitari byemezwa ko yerekeje muri APR FC.