Imyidagaduro
Queen Cha yasohoye indirimbo nshya yise “Umunyamahirweâ€

Umuhanzikazi Queen Cha yamaze gushyira hanze indirimbo ye nshya yise “ Umunyamahirweâ€, indirimbo ije ikurikira amashusho y’indirimbo ye Alone aherutse gushyira hanze mu minsi ishize.iyi ndirimbo nshya ya Queen ikaba ije ihamya ko yamaganiye kure ubunebwe akunze gushinjwa n’abakurikiranira hafi ibya muzika nyarwanda.
Queen Cha ni umuhanzikazi wagiye ukundwa mu ndirimbo nyinshi zinyuranye harimo nizatumye yamamara nka Kizimyamwoto yakoranye na Safi, Icyaha ndacyemera, windekura, isiri, umwe rukumbi n’izindi nyinshi zatumye uyu mukobwa aza k’urutonde rw’abahanzikazi bamamaye muri muzika nyarwanda.
https://www.youtube.com/watch?v=Cd3au_K7YYY
“Umunyamahirwe†ni indirimbo yakozwe na Pastor P, ni indirimbo ituje y’urukundo igaruka ku magambo aryoheye amatwi y’abantu bakunda.  Iyi ndirimbo ije nyuma y’amashusho ya  Alone ari intangiriro yo gukora ataruhuka agarukanye nyuma y’umwanya munini yafashe yiga uko yakora muzika ye.
-
Hanze20 hours ago
Rihanna yagaragaye mu mwambaro ukojeje isoni arimo kwishimira irahira rya Perezida Joe Biden
-
Ubuzima23 hours ago
Dore impinduka zaba ku mubiri wawe uramutse uriye umuneke ukarenzaho ikirahuri kimwe cy’amazi mu gitondo.
-
Imyidagaduro12 hours ago
Impamvu Mwiseneza Josiane adakora ubukwe yamenyekanye
-
Imyidagaduro20 hours ago
Umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga yagiriye inama abakobwa bakunda abasore bameze nka The Ben nyamara bo batameze nka Pamella
-
Imyidagaduro16 hours ago
Dore ubutumwa wa munyamakuru wa RBA wiciwe ubukwe ku munota wa nyuma yagenewe n’abafana be
-
imikino18 hours ago
Sadate yakijweho umuriro asabwa gutanga kimwe cya kabiri cy’amafaranga yemereye abakinnyi b’Amavubi
-
Inkuru rusange10 hours ago
Mama wa Christopher yitabye Imana
-
inyigisho12 hours ago
Ukuyemo amafaranga, reba ibindi bintu abakobwa babanza kureba ku basore mbere yo kubemerera urukundo.