in

Producer Element akigera muri 1:55Am yatangiye gukora indirimbo y’ibyamamare hano muri Africa – VIDEWO

Producer Element nyuma y’igihe gito yinjiye muri 1:55Am Entertainment yatangiye gukora indirimbo irimo ibyamamare nka Bruce Melodie na Harmonize.

Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru Producer Element yaraye akoze indirimbo ye ya mbere muri 1:55 Entertainment, dore ko mu mashusho yagiye hanze muri studio hagaragayemo,  Bruce Melodie, Harmonize Coach gaelk uhagararariye iyi stidio ndetse na Kenny Sol na Ariel Wayz.

VIDEWO:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yari yigize nka kagoma mu kirere! Mu mafoto twinjirane mu mukino Cristiano yaraye akinnye

Youssef Rharb watakambiye Rayon Sports ayisaba kuyigarukamo yahawe igisubizo cyazamuye amarangamutima ya benshi