in

Polisi ya Uganda yagize icyo ikora ku bafana ba Arsenal yaherukaga gufunga

Abafana ba Arsenal baherukaga gufungwa

Polisi y’igihugu ya Uganda yemeje ko yarekuye abafana umunani b’ikipe ya Arsenal yaherukaga guta muri yombi bazira gukora akarasisi bishimira ko ikipe bakunda yateye Manchester United.
Ku cyumweru gishize nibwo ikipe ya Arsenal yatsinze Manchester United ibitego bitatu kuri bibiri.

Abafana ba Arsenal baherukaga gufungwa

Iyo ntsinzi yanejeje cyane abakuzi b’ikipe ya Arsenal hirya no hino ku isi kuko yabagumishije ku gikbd cya mu rugendo rwo guhanganira igikombe. Abafana ba Arsenal bo muri Uganda bo baje no gukora akarasisi ibintu bitacyiriwe neza n’inzego z’umutekano z’icyo gihugu na zo zirabafunga.
Ariko nyuma yo gusesengura polisi ya Uganda  yasanze abo bafana  umunani (8) ba Arsenal bari batawe muri yombi nta cyaha baregwa bahita barekurwa.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Baramuroze: Noopja arashinja inshuti ze zahafi bakoranaga gushinyagurira no kuroga Kinyoni umuvandimwe we ya kundaga cyane

Birangiye Harmonize agiye gutura mu Rwanda, yanavuzeko Kigali yamubanye ubuki ahafata nk’iwabo