in ,

Pogba arashinjwa kubangamira abaturanyi be kubera gusakuza cyane ari gukora imibonano mpuzabitsina

Paul Pogba muri iyi minsi akomeje kugenda yibasirwa cyane n’itangazamakuru rya hariya mu gihugu cy’ Ubwongereza aho bavugako miliyoni yaguzwe ntaho zihuriye n’umusaruro arimo atanga muri iyi minsi, gusa ariko noneho ubu yibasiwe azira ibindi bitari umupira w’amaguru.

Mu nkuru y’ikinyamakuru The Sun, umukinnyi Paul Pogba akaba ashinjwa kuba we n’umukunzi we Dencia barabangamiye abantu bari bacumbitse muri Hotel yitwa Lowry Hotel ya hariya i Manchester ngo kubera gusakuza cyane igihe bari bari mu mibonano mpuzabitsina.

Umwe mu bari bacumbitse muri iyo Hotel igihe byabaye yagize ati :”Hari muma saa cyenda cyangwa saa kumi z’ijoro, twumvaga urusaku byumvikana neza ko ari abantu bari gukora imibonano mpuzabitsina. Byasaga naho kuba abandi bantu babumva ntacyo bibabwiye. Byamaze igihe kinini. Byari bimeze nka filime z’urukozasoni. Twagiye twumva inshuro nyinshi umukobwa avuga ati “Paul Bebe”. Byari biteye isoni cyane. Nta muntu wari aho utarabumvishe kuko barasakuzaga cyane.

Paul Pogba's form this season has been thoroughly underwhelming
Ubuzima bwa Pogba i Manchester bukomeje kumubera inzira y’umusaraba

Kuri ubu Paul Pogba akaba ntacyo yigeze avuga kuri iyo nkuru gusa umukobwa bivugwa ko bari kumwe iryo joro ariwe Dencia we yabihakanye yivuye inyuma ashimangira ko ari ibinyoma bitagira epfo na ruguru.

Paul Pogba may be on his way out of Manchester United after poor start

Image result
Dencia umukobwa ukundana na Pogba muri iyi minsi

Image result

Image result

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ronaldo yatangaje umukinnyi mushya yifuza kubona akinira Real Madrid

Dore amafoto utazi agaragaza ibihe byiza by’urukundo rwa Diamond na Zari