imikino
Perezida Kagame yari i San Siro ubwo Real Madrid yateruraga igikombe!

umukino wahuzaga  abasore ba Real Madrid na Atletico warebwe n’abantu benshi cyane baturutse impande zose z’isi harimo na  President wa Republika ,Paul Kagame ndetse na  prezida  wa Ferwafa Nzamwita Vincent De Gaulle.
I San Siro (Milan ,Italy) aho umupira wabereye  hari abantu basaga mu bihumbi 80,muribo harimo na Sir Alex ferguson ndetse na  Alicia Keys wasusurukije abari muri stade Giuseppe Meazza (Milan).
Mu mafoto reba ibyo utabashije kubona ku mukino wa nyuma wa Champions League
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda22 hours ago
Abantu batunguwe cyane n’amazi yo mu kiyaga cya Burera arimo kuzamuka mu kirere ntagaruke bakeka ko ari imperuka(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda2 days ago
«Boss wanjye yambwiye ko ndi MUBI ntakwiriye kugaragara mu mashusho» -Agahinda k’umunyamakuru ukomeye mu Rwanda.
-
Izindi nkuru17 hours ago
Ubugabo burenga 7000 bwafatiwe mu Bushinwa buvanwe muri Afurika.
-
urukundo9 hours ago
Uyu mukobwa yahaye isomo rikomeye umukunzi we yari yasuye akanga kumuha itike imusubiza iwabo|menya ibyakurikiyeho.
-
Imyidagaduro9 hours ago
Umugabo wa Bahavu Jannet yamukoreye igikorwa kiramubabaza araturika ararira (amashusho)
-
Utuntu n'utundi24 hours ago
Urukwavu rwa mbere ku isi mu bunini rwibwe|hashyirwaho akayabo ku muntu uzarugarura.
-
#KWIBUKA272 days ago
Se yahambwe ari muzima – Ubuhamya bukomeye bwa Uwizeyimana Josiane
-
Izindi nkuru19 hours ago
Umupadiri yasezeye ku murimo w’ubusaseredoti kubera urukundo yakunze umukobwa wari umwe mu bakirisitu yari yararagijwe