Imyidagaduro
Nyuma y’ukwezi akoze ubukwe, Knowless Butera agiye kubyara – IFOTO

Knowless na Clement bakoze ubukwe tariki 7 Kanama 2016, ubu hashize ukwezi n’iminsi micye bashakanye nk’umugabo n’umugore, ndetse mu gihe hashize iminsi ibarirwa ku ntoki bavuye mu kwezi kwa buki, bigaragara ko mu minsi ya vuba bazanaba bari mu byishimo byo kwibaruka imfura yabo, dore ko ubu uyu mugore bigaragara ko akuriwe.
Ifoto iherutse gufatirwa mu mihango y’ubukwe bw’umwe mu nshuti za Knowless, igaragaza ko uyu muhanzikazi atwite inda nkuru, ibi bikaza bishimangira amakuru yagiye atangazwa y’uko uyu mugore yari atwite mbere y’imyiteguro y’ubukwe bwabo
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro1 day ago
Ngaba abakobwa 10 bakomeje kuza ku mwanya wa nyuma muri Miss Rwanda 2021.
-
Imyidagaduro1 day ago
Wa mukobwa ukomeje kwanikira abandi muri Miss Rwanda burya yiga i Bwotamasimbi|Yahishuye uko yinjiye muri iri rushanwa.
-
Imyidagaduro1 day ago
Umugore wa Nyakwigendera Dj Miller yibukanye icyubahiro umunsi yambikiweho impeta y’urukundo (fiançaille) na Dj Miller
-
inyigisho1 day ago
Ngizi impamvu zishobora gutuma umusore adasohokana inkumi kandi bamaze igihe kirekire bakundana.
-
Imyidagaduro2 days ago
Miss Umulisa witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu mwaka wa 2018 yasabwe anakwa n’umugabo we (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Young Grace yagaragaye mu myambaro igaragaza umubiri we ubwo yari agiye kuvoma (amafoto)
-
Imyidagaduro22 hours ago
Shimwa Guelda yakorewe ibirori by’akataraboneka ku isabukuru ye y’amavuko (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Amashusho arimo imibyinire idasanzwe y’abana ba ShaddyBoo akomeje kuvugisha abatari bake.
Naho arakomera umuntu uhisha inda ikaba nyarwege
Mbonye uruda rusigaye rungana umusozi wee
gabanya amagambo kuko nawe ufite umwenge……
Narababwiye ubusambanyi n’ubushurashuzi ,yamugaritse kera
Hhhh abana bubu c nabo basigaye babyarwa ari abatuburano di! 😅😅😅 siko yanditse record yumuntu ubyariye amezi makeya kw Isi yose!
ndumva nta nka yacitse amabere.kubyara ni umugisha byari kubabaza iyo aza kuba atabyara.niyibyarire shenge yonkwe.
umugore nubyara
Wowe witwa Kamariza uvuze nabi. Nubwo haba hari icyo mupfa ntiwakavuze utyo, byaba bibabaje cyane nimba uri umukobwa cg umudamu koko. Wigaye cyane.
ohhh ntimugatukane please!!Kamariza uratukanye.check yr words before u expose it..watch yr tongue birzmbabaje
Mbega kamariza uratinyutse uti uruda koko mbabajwe Nuko nawe urumukobwa gs umenye Yuko mumuco nyarwanda uwontawo tujyira nawe ubwawe wigaye kuko ntamunyarwanda kazi wakavuze ayomagambo peer!!!!!!