in ,

Nyuma yo kwibaruka abana b’impanga, isomere inzitizi Beyonce yahuye nazo zo kubarera

Beyonce na Jay Z bateruye abana babo nyuma yo gusezererwa mu bitaro

Umuhanzikazi Beyonce uherutse kubyara abana babiri b’impanga, umwe w’umuhungu n’undi w’umukobwa yaba arimo kugira inzitizi zikomeye zo konsa abo bana be babiri. Biravugwa ko Beyonce arimo kugira ikibazo gikomeye cyo konsa abana be dore ko bitashoboka ko yabonkereza igihe kimwe.

Beyonce
Umuhanzikazi Beyonce
Beyonce na Jay Z bateruye abana babo nyuma yo gusezererwa mu bitaro

Nkuko tubikesha Hollywoodlife, Beyonce yagize ikibazo cyo konsa abana be b’impanga baherutse gusezererwa kwa muganga mu minsi ishize nyuma yo gukorerwa ibizamini kuko batavukiye igihe nyacyo. Hollywoodlife yahishuye ko hari umuganga witwa Dr. Bruce Ettinger w’inzobere mu kugira ababyeyi babyaye abana b’impanga inama urimo gukurikiranira hafi Beyonce amuha inama zimufasha gukomeza kwita ku bana be kugirango barusheho gukura neza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kim Kardashian na Kanye West baba bagiye kubyara impanga (inkuru irambuye)

Isi irashaje-Umwarimu w’indaya arashinjwa guhohotera umwe mu banyeshuri be