in ,

Nyuma yo gushyirwa ku karubanda yambaye ubusa, Oda Paccy yagize ibyo abwirwa n’ababonye ifoto ye

Ni ku munsi w’ejo hashyizwe hanze ifoto ya Oda Paccy yambaye ubusa buri buri, ubwo yashakaga kwereka abafana be ndetse n’abakunzi b’umuziki nyarwanda muri rusange ko agiye gusohora indirimbo ye nshya “ORDER” yakoranye na Urban Boyz. Nubwo iyi ndirimbo itarasohoka, abantu bagiye babona ifoto ya Oda Paccy yikinze ikoma ku bice bye by’ibanga ntibatinye kugira ibyo bayivugaho.

Iyi niyo foto ya Oda Paccy irimo kuvugisha abantu batari bake magingo aya
Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’ababonye iyi foto ya Oda Paccy
Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’ababonye iyi foto ya Oda Paccy

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubusobanuro, inkomoko n’imiterere y’abantu bitwa Thomas

Ubusobanuro, inkomoko n’imiterere y’abantu bitwa Théodore