in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Nyuma yo gushyira hanze amabere ye ,noneho umva amagambo akakaye Ariel Wayz avuze.

Umuhanzikazi Ariel Wayz uherutse gushyira hanze amafoto agaragaza amabere ye noneho abwije abantu ukuri ,ababwira ko atitaye ku byo benshi bagiye bamuvugaho.

Ni nyuma y’uko uyu muhanzikazi ateguje abakunzi be umushinga w’indirimbo esheshatu mu mushinga yise “Love and Lust” ugenekereje mu Kinyarwanda bivuze ngo urukundo n’irari.Maze agashyira hanze amafoto yagaragazaga amabere ye,ndetse na Cover y’indirimbo ye ijya hanze n’ubundi igaragaza ubwambure bwe maze abantu bashidukira hejuru kubera ubwambure bw’uyu mukobwa bwari hanze uko bwakabaye, amabere yose hanze hejuru atambaye uretse utuntu twari duhishe imoko z’amabere.

Nyuma y’ibi byose rero Ariel Wayz aganira na Yago Tv yavuze ko adatewe ikibazo na kimwe n’ibyo abantu bamuvuzeho ,ati:“biroroshye cyane,nzi ibyo ndimo biriya nakoze ntakibazo na kimwe numvaga kirimo,hari ababifashe neza, hari nababifashe nabi,ariko njyewe simbyitayeho.Amabere ni ayanjye barashaka iki? abavuga ibitari byiza ntibabura

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi sake yabaye instari kubera ibyo yakoranye n’iyi mbwa (video)

IFOTO Y’UMUNSI: Mama Cyangwe mu mwambaro mugufi