Inkuru rusange
Nyuma yo gusezera kuri RBA, Tidjara yerekanye igitangazamakuru agiye gukorera

Hashize iminsi umunyamakuru Tidjara Kabendera atangaje ko yasezeye kuri RBA, iyi ni inkuru itarashimishija abantu bamukundaga mu biganiro bitandukanye byiganjemo iby’imyidagaduro bitewe nuko bari baziko batazongera kumwumva no kumva ibiganiro bye. Kuri ubu Tidjara Kabendera yatangaje ko agiye gukorera ikindi gitangazamakuru kiri mu bikomeye hano mu Rwanda.

Hashize iminsi Tidjara asezeye kuri RBA
Nkuko Tidjara Kabendera yabitangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yavuze ko kuri ubu agiye gukorera igitangazamakuru kitwa Vision Fm cyumvikanira ku murongo wa 104.1 FM. Ibi bikaba byumvikana ko abafana be ndetse n’abakunze ibiganiro bye bitandukanye bongeye gushyirwa igorora ngo bakurikire bimwe mu biganiro bakunze Tidjara yagiye akora aho bazajya babyumvira ku murongo wa 104.1FM.

Tidjara yavuze ko agiye gukorera Vision Fm radio yumvikanira ku murongo wa 104.1 Fm
-
Imyidagaduro22 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro12 hours ago
Hamenyekanye impamvu Kimenyi Yves yafashe icyemezo cyo kwambika impeta Miss Uwase Muyango igitaraganya
-
Imyidagaduro20 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
inyigisho21 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.
-
Izindi nkuru2 days ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
Inkuru rusange8 hours ago
Ibyo wamenya kuri uyu mwana utangaje wapimaga ibiro 200 afite imyaka 10 y’amavuko gusa.
-
inyigisho10 hours ago
Bimwe mu bintu ukwiye kwirinda gukora niba udashaka kuzana umwuka mubi mu rugo rwanyu.
-
Izindi nkuru3 hours ago
Umukobwa ukiri muto yapfuye ubwo bamutunguraga bamwifuriza isabukuru y’amavuko.
From RBA to Vision FM ? Ryaduka yatubwiraga afite CHIC se ararisize kandi ?