in ,

Nyuma y’indirimbo My RWANDA Aba basore bakoze indi ndirimbo izabahesha igikombe cya PGGSS6 bitewe n’ubwiza bwayo:REBA AMAFOTO

Nyuma y’indirimbo My RWANDA , itsinda rya Urban Boys Iri mu irushanwa rya PGGSS6 ubu bari gukora indirimbo itandukanye nizo bakoze , ubwabo  bavugako iyo ndirimbo iri mu ndirimbo izabahesha igikombe cya PGGSS6 ,  uburyo iyi ndirimbo ikoze igizwe n’udushya gusa yaba  mu myambarire ndetse n’imiririmbire ikindi amakuru yatugezeho ni uko iyi ndirimbi iri mundirimbo eshatu bamaze gukora zihenze bityo bakaba badashidikanya ko igikombe cyaragije kuba icyabo bitewe nibyiza bari kugeza kubakunzi babo bakomeza kubashyigikira muri iri rushanwa 

tsinda ririmo riratunganya amashusho ya URBAN BOYS
tsinda ririmo riratunganya amashusho ya URBAN BOYS

Tuganira n’umwe mu basore babarizwa muri iri tsinda ariwe Manzi James uzwi ku izina rya HUMBLE-G kurubuga rwa facebook yadutangarije ko iyi ndirimbo iri kwitabwaho bitandukanye n’izindi kandi kandi ikindi iyi ndirimbo imaze kubatwara akayabo k’amafaranga Atari macye bityo yaba ku isoko rya muzika iyindirimbo mu Rwanda biteguye ko izahindura byinshi dore ko ariko iyi ndirimbo iza ifite itandukaniro ku ishuhso rya muzika aha mu Rwanda.

URBAN BOYS barimo barafatwa amashusho
URBAN BOYS barimo barafatwa amashusho

Dore udushya turi muri iyi ndirimbo

  • Harimo itandukaniro mu binjyanye n’imikorere y’indirimbo (audio) hamwe n’izindi zayibanjirije
  • Iyi ndirimbo amashusho yayo afite itandukanire yaba mu myambarire ,uzayireba azasangamo imyambabarire yacyera twakwita karahanyuze
  • Imisatsi yaba basore ubwayo izaba itandukanye n’iyo tubaziho
  • Kwamamazwa kwiyindirimbo ku isoko izaba itandukanye n’uburyo mu Rwanda basanzwe bamamaza indirimbo

REBA AMAFOTO

tsinda ririmo riratunganya amashusho ya URBAN BOYS
tsinda ririmo riratunganya amashusho ya URBAN BOYS
13508949_1131480440238228_3552534977265927606_n
SAFI uko azaba agaragara mu mashusho y’indirimbo
13494828_1131480250238247_5601542903598258696_n
aho bari gufata amashusho yo mundirimbo
13466435_1131480400238232_4965838555880963736_n
NIZZO ari kwitegura kunjya mu mashusho y’indirimbo
13428631_1131480493571556_6127820706894535445_n
ibikoreshwa birigukoreshwa mu mashusho y’indirimbo
1466072847_img_8121
itsinda rya URBAN BOYS mu myenda itandukanye niyo bari basanzwe bakoresha mu mashusho y’indirimbo

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu ijoro ryashize SNIPERS DANCE CREW yakomeje kwerekana ko aribo bambere mu Rwanda bazi kubyina (+AMAFOTO)

CHARLY na NINA bamurikiye abanyarwanda indirimbo nshya ifite ubwiza burenze INDORO indirimbo yabo yambere yakunzwe mu Rwanda : (REBA VIDEO )