in

Nyuma y’ibihe bibi ikipe ya Manchester United irimo, Paul Pogba yababaje bikomeye abakunzi b’iyi kipe

Umukinnyi w’umufaransa Paul Pogba, wahenze kurusha abandi mu mateka ya ruhago, nyuma yuko aje mu bwongereza mu ikipe ya Manchester united gusa amafaranga yaguzwe ntiyakunze kuvugwaho rumwe na benshi dore ko ibyo yari yitezweho ataribyo yagaraje, none nyuma yuko ikipe ya Manchester united iri mu bihe bibi, uyu musore ibintu yashyize ku rubuga rwe rwa Facebook byababaje abakunzi b’ikipe ya Manchester united cyane.

Kanda hano urebe amagambo uyu musore ya Postinze kurubuga rwe rwa Facebook                https://www.facebook.com/PaulPogba/posts/1040461042748296

Mu magambo ye yagize ati:” Everything can be distorted.
A few days ago I was asked how I feel about the CITY of Manchester and not about clubs.
One of the reasons why I chose to come to Manchester United is because it’s where I spent my childhood and it feels like going back home.
Juventus is the most important club of my professional career so far”.

Image result for Man utd fans angry

Tugenekereje mu kinyarwanda yagize ati:” Buri kintu cyose gishobora kuzamba. mu gihe gito maze i Manchester, nabajijwe cyane uko merewe hano, muri uyu mugi w’ i Manchester, mu mpamvu zatumye mpitamo kuza hano nuko ariho nakuriye kuva mu bwana bwange, numvishe nishimiye kugaruka mu rugo”. Amagambo yababaje abakunzi ba Man utd cyane ni aho yagize ati:” Juventus is the most important club of my professional career so far“.

Mu kinyarwanda bishatse kuvuga ngo:” Juventus niyo kipe nkesha urwego w’umupira w’amaguru ngezeho aya magingo”.

Image result for Man utd fans angry

Ibi bintu byababaje cyane abakunzi ba Manchester United bitewe n’ibihe bibi imaze mo iminsi yo kunganya imikino myinshi ikurikiranye muri champiyona.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubu Sacha Obama yarakuze ndetse……(amafoto)

Dore amafoto agaragaza ubwiza n’imiterere bya Miss Kate Bashabe akomeje guca ibintu kuri Instagram (amafoto)