in

Nyir’inzu yasabye abapangayi batarongora kumuvira mu nzu

Umugabo ufite amazu akodesha wo mu gihugu cya Kenya yanditse ibaruwa asaba abapangayi badafite abagore ko atazongera kubakodesha mu nzu ze.

Nk’uko uyu mugabo yabitangaje mu itangazo yashyize hanze, yavuze ko guhera tariki ya 1 Mutarama 2023 umupangayi uzaba udafite icyemezo cyuko yarongoye atazongera kubona inzu yo gukodesha.

Yasabye ko buri mupangayi ahindura irangamimerere ye .Akomeza avuga ko udafite uwo bashyingiranwe atazongera kwemerwa gukodesha mu nzu ze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Udushya twari twinshi:Bushali n’umuhungu we baserutse muri Bk Arena bambaye imyenda isa hose[AMAFOTO]

Mu ijoro ryakeye ubwo Element yajyaga kurubyiniro abafana banze ko aririmba rubura gica(Videwo)