in

Nyir’inzu yandikiye ibaruwa ikarishye umupangayi usambanira mu nzu akodesha

Umugabo ufite amazu akoresha yandikiye umupangayi we ibaruwa imubwira ko arambiwe uburyo akomeje gukorera ubusambanyi mu nzu ye , ndetse amusaba ko agomba kuyisohokamo bitarenze tariki 30 Ugushyingo 2022.

Nyir’inzu, Enobong Nsimah, yashinje umupangayi we kuba yarahinduye inzu ye inzu ikorerwamo uburaya ku bufatanye n’incuti ye yitwa Unwana.

Ibaruwa yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yashyizwe hanze n’umusore wifuzaga ko abantu babona impamvu bamwirukanye.

Nyir’inzu yavuze ko ubukode bwe buzarangira ku ya 30 Ugushyingo 2022 kandi ko atazamwemerera kongera kwishyura.

Mu ibaruwa yo ku ya 24 Ugushyingo, nyir’inzu yavuze ko uyu musore baryamana n’abagore bakuze n’abakobwa bato kandi ko ibikorwa nkibi atazakomeza kubyihanganira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Niyonzima Peter. 0786745688
Niyonzima Peter. 0786745688
1 year ago

Aha nibyo rwose kuko iyo wanga ibintu / ikintu runaka ningombwa kubyanga muburyo bwimbitse

Kera kabaye umutoza Mohammed Adil yaremye agatima ubuyobozi bwa APR FC nyuma yo kuvuga ko bazamwishyura miliyoni 900

Umuramyi ukomeye mu Rwanda agiye gukora ubukwe