inyigisho
Nujya gusezera uwo ukunda ujye umuha ukuboko kw’ibumoso| dore impamvu

Mu kinyabupfura umuntu atozwa n’ababyeyi be iyo atangiye kumenya ubwenge harimo uko asuhuza abantu ndetse nuko abasezera. Abenshi twatojwe ko gusuhuza umuntu umwubashye ari ugukoresha amaboko yombi (ukuboko kw’ibumoso kugafata ukwindyo). Nyamara abashakashatsi basanzwe gusezera umuntu ukunda cyangwa se undi wubashye ari ugukoresha ukuboko kw’ibumoso.
Nkuko ubushakashatsi bwakozwe bubigaragaza ukuboko kw’ibumoso gusobanura ubudahemuka, bityo ngo ni byiza ko umuntu ukunda cyangwa se undi muntu wubaha iyo mugiye gutandukana umusezera ukoresheje ukuboko kw’ibumoso. Si ibi gusa ahubwo ubushakashatsi bwanagaragaje ko gusezera ukoresheje ukuboko kw’imoso ari ikimenyetso cyo kubaha ndetse n’urukundo. Abakundana bagirwa inama yo gusezeranaho bakoresheje amaboko y’ibumoso kugirango bagaragarizanyw ubudahemuka, kubahana ndetse n’urukundo hagati yabo.
Mushobora gutanga ibitekerezo ku nkuru yacu muciye hasi muri comment section
-
Imyidagaduro5 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro3 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru2 days ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
Imyidagaduro1 day ago
Umuhanzi Platini biravugwa ko agiye gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.
-
inyigisho5 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.