Imyidagaduro
Nubwo yabanje kwihakana umwana reba buri ncuro Bruce Melodie yagiye atwereka ko ari umubyeyi mwiza!

Nubwo yabanje kwihakana umwana nk’uko  abahanzi  nka Ama G The Black na Danny Nanone bagiye babanza kubigira nyuma yaje kwemera umwana we ndetse avuga ko impamvu yabanje kumwihakana  ari uko umwanya wo kubitangaza wari utaragera ,nyuma yuko abyemeye agaragaza incuro nyinshi ko yahisemo kurera kandi akarera neza.Bruce iteka atwereka ibyishimo bidasanzwe aba arimo hamwe n’umwana we Itahiwacu Brutta ubu ufite umwaka umwe n’amezi.
Urukundo agirira umwana we w’umukobwa rwamuteye kumushyira ku mbuga nkoranyambaga ntacyo yitangiriye  ni nayo mpamvu YEGOB yagukusanyirije  amafoto yose agaragaza buri ncuro Bruce yagiye atwereka ubwuzu  amufitiye.
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda23 hours ago
Abantu batunguwe cyane n’amazi yo mu kiyaga cya Burera arimo kuzamuka mu kirere ntagaruke bakeka ko ari imperuka(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda2 days ago
«Boss wanjye yambwiye ko ndi MUBI ntakwiriye kugaragara mu mashusho» -Agahinda k’umunyamakuru ukomeye mu Rwanda.
-
urukundo10 hours ago
Uyu mukobwa yahaye isomo rikomeye umukunzi we yari yasuye akanga kumuha itike imusubiza iwabo|menya ibyakurikiyeho.
-
Izindi nkuru18 hours ago
Ubugabo burenga 7000 bwafatiwe mu Bushinwa buvanwe muri Afurika.
-
Imyidagaduro9 hours ago
Umugabo wa Bahavu Jannet yamukoreye igikorwa kiramubabaza araturika ararira (amashusho)
-
Utuntu n'utundi1 day ago
Urukwavu rwa mbere ku isi mu bunini rwibwe|hashyirwaho akayabo ku muntu uzarugarura.
-
#KWIBUKA272 days ago
Se yahambwe ari muzima – Ubuhamya bukomeye bwa Uwizeyimana Josiane
-
Izindi nkuru20 hours ago
Umupadiri yasezeye ku murimo w’ubusaseredoti kubera urukundo yakunze umukobwa wari umwe mu bakirisitu yari yararagijwe