inyigisho
Nubwo afite uburwayi budakira ngo ububabare agira n’uko atazabasha kubonana n’umugabo mu gitanda!

indarwa ziragwira:
Uyu mukobwa yitwa Arianna Faro afite imyaka 25 akomoka i Boston(Massachusetts) ,Faro yavukanye indwara mbi cyane yamuteye kubyimba akaguru kamwe mu buryo butangaje ndetse ngo biriyongera umunsi ku munsi.
Kubyimba akaguru kamwe byatumye igitsina cye gisa naho kitagaragara na gato (n’ukuvuga kirigita) cyane ko akaguru kamwe gafite ingano ikubye gatatu akandi ndetse ngo yibagishije incuro zigera muri 60 ariko uburwayi bwe ntibwacogora yiyemeza kubana nabwo ubuzima bwose nyuma yo kugerageza kwiyahura ubugira incuro 10.
Arianna ngo ntabwo yibuka igihe atumvishe ububabare mu buzima bwe gusa ngo kuri ubu ikimubabaza kurusha ibindi n’uko atabasha kuryamana n’umugabo (Gukora imibonano mpuzabitsina”
aganira na Mailonline yagize ati” nshyira kuri Facebook na instagram amafoto yanjye impamvu ntay’indi n’uko hari abo bifitiye umumaro kandi ntakundi kuko n’uku ngomba kubaho ,n’ubu buzima ngomba kubamo.
Ntabwo nibuka igihe ntumvishe ububabare mu buzima bwanjye gusa ikirenze kuribyo kibabaje kurusha ibindi n’uko ntazabasha kubonana n’umugabo mu buzima bwa njye.”
akomeza agira ati”icyo nshaka n’uko abantu bose bakiyakira maze bakumva ko uko bameze ariko bari nyine kandi ntacyo babihindura muri macye bakabyishimira kuko ntakiruta ubuzima”
Comments
0 comments
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Umukobwa yarase umukunzi we ko iyo bari kumwe yumva nta ntare yamukoraho ,nyuma imbwa ije bakizwa n’amaguru.
-
Hanze20 hours ago
Uyu mugabo bamutegeye kurya amagi 50 maze agahabwa akayabo, apfa amaze kurya 42.|Menya icyamwishe
-
Mu Rwanda11 hours ago
Umwana Samantha ukina filime aherutse kwibaruka yitabye Imana
-
Hanze19 hours ago
Amazina ya nyayo y’umugabo Zari yasimbuje Diamond Platnumz arashyize aramenyekanye.
-
Ubuzima3 hours ago
Ibimenyetso simusiga byakwereka ko wamaze kwibasirwa na stress ikabije.