in

Ntibisanzwe: Uwari umufundi kuri ubu yabaye umuririmbyi

Umusore w’umunyarwanda warusanzwe uzwiho akazi k’ubufundi(ubwubatsi) kuri ubu ngubu yatangiye kuririmba indirimbo zo mu njyana ya Reggae, uwo ntawundi ni umusore uzwi ku mazina ya Shyaka Gilbert.

DSC_0050

 

Uyu musore mu buzima busanzwe uretse akazi k’ubwubatsi, asanzwe akina n’amakinamico, kurubu akaba yaguye ibikorwa akaba agiye kubifatanya n’ubuhanzi bwa muzika ndetse n’ubwubatsi.

Amwe mu mafoto agaragaza uyu musore mu mirimo ye itandukanye ni aya akurikira:

Shyaka Gilbert mu nzu itunganya kinamico
Shyaka Gilbert mu nzu itunganya kinamico
Shyaka Gilbert mu kazi ke ka buri munsi
Shyaka Gilbert mu kazi ke ka buri munsi

DSC_0150

WhatsApp Image 2017-01-24 at 11.24.10

Zimwe mu ndirimbo uyu musore yatangiye gushyira hanze harimo iyitwa kibondo na Bakureke Rwanda, izo ndirimbo ushobora kuzumva hano http://www.yegob.rw/bakureke-rwanda-by-shyaka-g/, http://www.yegob.rw/kibondo-by-shyaka-g/

Uyu musore kandi akaba yiteguye gukomeza gushyira imbaraga nyinshi muri muzika ye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bakureke Rwanda by Shyaka G

Aka ni akumiro: Umutoza wa Real Madrid Zidane kuri ubu ari mu marira menshi cyaneee