in ,

Ntibisanzwe: Barack Obama akoze amahano mbere y’umunsi umwe ngo ave muri white house

Generated by IJG JPEG

Mbere y’umunsi umwe ngo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika Barack Hussein Obam ave muri White house , Obama yatanze imbabazi ku mfungwa zimwe na zimwe, maze abaturage babifata nk’amahano.

Mu ijoro ryashize nibwo Perezida wa ucyuye igihe wa leta zunze ubumwe za Amerika Barack Obama yatangaje ko atanze imbabazi ku mfungwa, nko gushyira mu bikorwa icyo yari yariyemeje yiyamamaza ko azatanga imbabazi ndetse akagira impuhwe.

Nkuko tubikesha igitangazamakuru CNN, icyi cyemezo rero kikaba kitavuzweho rumwe  n’abanyamerika ku cyemezo cyo gufungura Umugore ndetse akaba n’umugabo Chelsea maning, wari warakatiwe igifungo cy’imyaka 35, azira  gutangaza amabanga y’igisirikare  cy’amerika ubwo yari umusirikare abinyujije kurubuga rwa Wikileaks.

Iki kimezo rero kikaba cyababaje abaturage bibaza impamvu obama yatinyutse guha imbabazi umuntu wagambaniye igihugu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel Messi yashyize hanze abakinnyi 10 yemera mu mupira w’amaguru

Imiterere mishya y’uwari umukunzi wa Cristiano Ronaldo ikomeje gutera abagabo kurabya indimi