yegob.rw
Nti babeshejweho no kuririmba gusa kuko nyuma yabyo bafite n'izindi mpano - YEGOB
Ubu mu Rwanda abahanzi dufite bakunze kwerekana izindi mpano bafite zitari ukuririmba gusa. Izi mpano bagenda bagaragaza nyuma ya muzika no mu bundi buzima busanzwe bwa buri munsi ziba zigendanye no kwihangira imirimo ndetse n’ubukorikori. Nubwo aba bahanzi baba baramenyekanye cyane kuri muzika bitewe nuko ariyo ihuriramo abantu benshi, usanga rimwe na rimwe bakora […] More
YegoB