Inkuru rusange
Ntabwo ari abantu nka twe: Bisaba amafaranga angahe kugira ukorane n’ibi byamamare!

Abaraperi bo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika babonye ubuzima ndetse amafaranga ntabwo ari ikibuze kuribo.yaba abazamutse vuba cyangwa abagiye muri Rap Game kera bose amafaranga barayafite.ariko se bisaba iki kugira ngo umwe muribo akwemerera ko mufatanya nko gukora indirimbo?.
Twifashishije urutonde rwakozwe  n’urubuga rwo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika rwitwa urbanmattyice  maze tukuzanira amafaranga asabwa kugira ukorane n’umuraperi kuva kuri Drake kugeza kuri Lil Wayne.Igiciro kigenda gihinduka uko iminsi igenda ishira ,urugero ntabwo 50 cent ari kuri uru rutonde ariko mu mwaka wa 2003 agikora indirimbo nka In Da club iri  kuri album ye yise “Get rich or die tryin'” nta muraperi waruhenze nka 50 ariko kuko ibikorwa bye byagabanutse biragoye kuvuga ngo gukorana nawe bisaba amafaranga runaka.
Joey Badass
-> 45 000 $
Â
Future
-> 40 000Â $
Â
 T.I
->Â 40Â 000 $
Â
PitbullÂ
-> 100Â 000 $
Juicy JÂ
-> 30 000Â $
Big SeanÂ
-> 25 000 $
2 ChainzÂ
-> 100 000Â $
Rick RossÂ
-> 40 000Â $
Wiz KhalifaÂ
-> 15 000Â $
J. Cole Â
-> 200 000Â $
Kendrick LamarÂ
-> 200Â 000 $
Nicki MinajÂ
-> 250 000 $
Lil Wayne
-> 75 000Â $
DrakeÂ
-> 75 000 $
Kanye WestÂ
-> 100 000Â $
Jay ZÂ
-> 200 000Â $
Erratum / certaines valeurs ont été modifiées après vérification.
-
Imyidagaduro20 hours ago
ShaddyBoo yisize amabara nyuma yo kubona ubukaka bw’abakinnyi b’Amavubi| intego ni ukubagwa inyuma
-
imikino10 hours ago
Amadolari Sadate yemereye abakinnyi b’Amavubi ararokotse| Dore ibyo Sadate ahise atangaza
-
Imyidagaduro24 hours ago
Miss Naomie ahishuye umukunzi we mu kiganiro| uyu mukobwa burya arasetsa cyane (VIDEO)
-
Izindi nkuru19 hours ago
Umupolisikazi yerekanye uburanga bwe abagabo bifuza gufungirwa aho akorera(AMAFOTO)
-
Imyidagaduro21 hours ago
Umubyinnyi ukomeye mu itorero Urukerereza yasezeranye kubana akaramata n’umugabo we (AMAFOTO)
-
Hanze18 hours ago
Diamond Platnumz ashobora kwamburwa byinshi atunze harimo n’amazina ye.
-
imikino23 hours ago
BREAKING NEWS: Sugira Ernest ntagikinnye umukino w’uyu munsi
-
Izindi nkuru15 hours ago
Umugabo yapfuye ubwo yateraga akabariro n’umugore bakundanaga.