in

Nta mazi yibagirwa iwabo wa mbeho! Twizerimana Onesme agiye gusubira kubiryo yasize nyuma yo kwirukanwa muri Police FC

Nyuma yuko Twizerimana Onesme yirukanwe muri Police Fc azira imico idahwitse , amakuru ahari aravuga ko uyu musore agiye gusubira muri Musanze Fc yavuyemo aguzwe miliyoni 10 ,agahabwa miliyoni 5 ,na Musanze Fc ikagumana izindi.

Bikaba bivugwa ko kugeza kuri ubu Onesme ari mu biganiro byanyuma na Musanze Fc ndetse ko ntagihindutse uyu mukinnyi ashobora gutangira kugaragara muri Musanze Fc uhereye tariki 11 Mutarama 2023 ,mu mukino wa gicuti  uzaba uhuza Musanze Fc na Marines FC.

Tarikin 6 Nyakanga 2021 nibwo Onesme yari yerekeje muri Police avuye muri Musanze Fc ku masezerano y’imyaka 2 yarahwanye na Miliyoni 10 ,

Twizerimana Onesme ashobora gusubira muri Musanze Fc yahozemo
Twizerimana Onesme ashobora gusubira muri Musanze Fc yahozemo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yakoze igikorwa cy’indashyikirwa bituma akomerwa amashyi n’umutoza wa PSG

Ukwezi kwa buki: Miss Naomie n’umuvandimwe we ibyishimo byabarenze barikumwe n’abakunzi babo Dubai