in

“Noneho umwaka utaha ntuzansiga” Axel Rugangura nyuma yo guterwa igitutu ngo ko atarongora ubu yamaze gufata umwanzuro

Umunyamakuru wa radio Rwanda Axel Rugangura nyuma yo guterwa igitutu n’abantu benshi biganjemo abakunzi be bamusaba gushaka umugore, ubu yamaze gufata umwanzuro ko umwaka utaha utazasiga ataramushaka.

Uyu musore ukundwa n’abantu benshi kubera ubuhanga afite budasanzwe mu kogeza umupira w’amaguru, afasha uyu mwanzuro bwa kabiri kuko no mu ntangiriro z’uyu mwaka yari yaravuze ko igikombe cy’isi cya 2022 kizaba yaramaze kurongora none cyageze atarabikora.

Ibi yabitangaje yifashishije urukuta rwe rwa Instagram aho yanditseho amagambo agira ati “Umwaka utaha noneho ntuzansiga, Nzadohoka”.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa w’ikizungerezi ufana Croatia yaje yambaye bikini muri stade abagabo bose barakebuka iby’umupira barabireka [AMAFOTO]

Prince kid avuze amagambo akomeye nyuma yo kuva muri gereza