yegob.rw
Niba utajyaga ufata ifunguro rya mugitondo,bitangire uyu munsi kubera iyi mpamvu ikomeye. - YEGOB
Mu buzima bwa buri munsi ikiremwamuntu gikenera gufungura kugira ngo kibeho kandi umubiri ugubwe neza unagire ubuzima bwiza .Amwe muri aya mafunguro twavuga ayubaka umubiri nk’inyama,indagara, ,arinda indwara nk’imboga n’imbuto n’atera imbaraga nk’ibijumba ,imyumbati n’ibindi.aya akagira akamaro iyo umuntu ayafashe mu gitondo. Ubushakashatsi bwerekanye ko gufata ifunguro rya mugitondo(breakfast) ari ingenzi cyane, bituma umuntu agira […] More
HARAGIRIMANA Dieudonne