in

Niba ufite umuriro nywa amazi, wikwihutira paracétamol

Abantu benshi iyo bumvise bahinda umuriro, bihutira kuri pharmacie bakagura utunini harimo na paracétamol bakanywa. Ibi ariko si byiza kuko hari ubwo uwo muriro uba udateye ikibazo k’uburyo hitabazwa ibinini cyangwa indi miti. Uburyo bwiza bwo kugabanya umuriro ni ukunywa amazi meza kandi ahagije… Ubusanzwe umubiri w’umuntu muzima uba ufite umuriro uringaniye. Uwo muriro akenshi […]

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

VIDEO: Mavenge Sudi mu mitoma yateretesheje umugore babana

Ubu noneho imboga mbi zavuye mu nkono-Rwarutabura avuga kuri Sadate