in

Ni nshuro zingahe umugabo ashobora kurangiza [ejaculation) mu kwezi kugirango agabanye ibyago byo kwandura cancer ya prostate-SOBANUKIRWA.

Ninshuro zingahe umugabo ashobora kurangiza [ejaculation) mu kwezi kugirango agabanye ibyago byo kwandura cancer yamabya. Igisubizo kiri hano

Nkuko bigaragara mu bushakashatsi bwa kozwe n’impuguke MATTHIEU BOIVIN mu kinyamakuru le journal de Montreal cyo kuwa 14 mata 2016 .

Ubwo bushakashatsi bwakozwe kubantu 32 000, ba bagabo mu igihe kingana nimyaka 18 bwagaragaje ko abagabo barangiza( qui ejaculent) byibura incuro 21 mu kwezi bigaragaza kugabanuka kw’ibyago byo kwiyongera kwa canceri yamabya.

Ubwo bushakashatsi kugeza ubu bugaraza ko kurangiza ku mugabo inshuru nyinshi byibura nkizo twavuze haruguru bigabanya ubwiyongere bwa cancer.

Nkuko ubushakashatsi bwakozwe na JENNIFER RIDER umuhanga mu buganga wo mu ishuri ryubuvuzi rusange rya BOSTON UNIVERSITY ,munyandiko ya MEDSCAPE ACTUALITES ET OPINIONS bubigaragaza.

Hagati yo mu mwaka wi 1992 na 2010, abantu basaga 31 925 basubije ikibazo ku byerekeranye n’inshuro barangiza mukwezi. Abari hagati yimwaka 20,29,na 40 kugeza kuri 49 no ku mwaka ikurikiraho basubije icyo kibazo mu buryo bukurikira.

Ku bagabo bakozweho ubwo bushakashatsi ,abagabo 3839 bafite canceri y’amabya naho 384 bishwe nayo Ibisubizo byagaraje ko abagabo barangiza byibuze inshuro 21 mu kwezi ,bafite byibuze 20 % byo kutarwara iyo cancer naho abarangiza byibuze inshuro hagati 1 na 7 bashobora kwandura.

 

Ubwo bushakashatsi kandi bwagaraje ko ,abagabo bari hagati y ‘imyaka 40 kugeza kuri 49 barangije byibuze inshuro 8 kugeza 12 baragaje 10% byamahirwe yo kwandura iyo cancer.

Bwagaragaje kandi ko abarangiza hagati y’inshuro 13 kugeza kuri 20 mu kwezi bafite 20% byo kutandura Gusa nkuko umushakashatsi JANET STANFORD yagaraje ko tu tavuga ko incuro umuntu arangiza aribyo bigaragaza kwiyongera cg kugabanuka kwiyo cancer .agakomeza avuga ko ubushakatsi

bugikomeje kugirango bagaragaze izindi zaba zigabanya cg zongera irwara ya cancer yamabya.Gusa murubwo bushakashatsi basoza bavuga ko mu myaka 18 bamaze basuzumira byahafi abo ,bagabo byagaragaje ko gusohora kenshi kumugabo bigabanya ubwiyongere bwa canceri yamabya(cancer de la prostate)

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musore dore amagambo meza wabwira umukunzi wawe niba ushaka kumutetesha.

Mugisha Samuel yizeje Abanyarwanda insinzi muri Grand Prix Chantal Biya