Imyidagaduro
NI MAHWI: Wa musore uri mu rukundo na Miss Uwase Vanessa ati: « Ibyo ubona ni bike biracyaza »

Urukundo hagati ya Miss Vanessa n’umusore w’umuhanzi rukomejw kugenda rututumba uko iminsi yicuma. Ku munsi w’ejo nibwo twababwiye ko uyu musore yari yashimiye Miss Vanessa ko afite ifoto nziza ndetse anamubwira ko ari mwiza cyane. Kuri uyu munsi, uyu musore yifashishije indirimbo ya King James yitwa Biracyaza, yabwiye Miss Vanessa ati « Ibyo ubona ni bike biracyaza » maze anarenzaho agira ati « Je t’aime ma chéri ❤️ » . Ibi uyu musore nk’uko bisanzwe yabibwiye Miss Vanessa abinyujije kuri story ya instagram ye.

Ibi nibyo uyu musore yatangaje abinyujije kuri story ya instagram ye

Miss Uwase Vanessa Raïssa
Urukundo hagati ya Miss Vanessa Raïssa Uwase n’uyu musore rwatangiye guhwihwiswa nyuma yuko Miss Vanessa atandukanye na fiancé we. Mu cyumweru gishize nibwo Miss Vanessa yatangaje ko kuri ubu nta mukunzi afite. Uyu musore yahise afatiraho dore ko buri munsi aba yazirikanye Miss Vanessa akamubwira amagambo amugaragariza urukundo rwinshi amukunda.
-
Hanze21 hours ago
Umuhanzi Diamond Platnumz yamaze gukora impinduka mu mazina ye yitwaga.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Shaddyboo yahawe inkwenene azira kwigamba ko ariwe watumye Diamond Platnumz amenyekana
-
Imyidagaduro15 hours ago
Umwe mu banyamakuru ba RBA bakunzwe yahishuye impamvu abantu babyibushye batisanzura ku bantu bose
-
inyigisho22 hours ago
Niba urateganya gukora ubukwe zirikana ibi bintu by’ingenzi utazavaho wicuza nyuma.
-
Imyidagaduro9 hours ago
Supersexy yongeye kwibutsa umugabo we ko amukunda cyane aboneraho anamwifuriza isabukuru nziza
-
Hanze13 hours ago
Umukobwa w’Umutaliyani wakundanaga na Eric Omindi yashyize hanze amabanga yabo yose yo mu buriri.
-
inyigisho17 hours ago
Uretse kuba abagabo bagiye gusubira ku gikoma, dore ibindi bintu by’ingirakamaro byo gukora muri guma mu rugo
-
Inkuru rusange10 hours ago
Umudamu yakoze keke zidasanzwe bamwe batangira kumushinja ko ziganisha ku busambanyi.
Waow