in

Ni akumiro:Kenny Sol ubwo yasusurutsaga abari bari muri Bk Arena haje inkumi ikuramo isutiye iyimutera mu maso

Mu gitaramo cya Kigali Fiesta Festival Concert cyaraye kibereye muri Bk Arena nibwo uyu musore Kenny sol yashimishije bimwe mu bizungerezi umwe agakuramo Isutiye akayimunagira.

Kenny Sol ubwo yaririmbaga, ku rubyiniro haje inkumi eshatu z’ikimero zikaraga amabuno karahava.

Aha niho haje kuvamo umwe mu bafana amujugunyira umwambaro w’imbere abakobwa n’abagore bambara mu mabere [Soutien-gorge – Isutiye].

Ni ibintu na we yabonye ahita abwira abafana be ati “Ngo hajemo n’amasufitiye ariko”.

Kenny Sol yahise yanzika n’indirimbo “Termometa” yakoranye na Phil Peter wahise amusanga ku rubyiniro bafatanya kuyiririmba.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Muzehe Pele utorohewe n’ubuzima yagize icyo asaba abamukunda!

Dj Sonia yabyinnye kugeza akenda k’imbere kagiye hanze(video)