Ubuzima
Ni abantu nka twe: Reba hano uburyo ibyamamare byagiye bitamazwa no gusomana(amafoto)

Bamwe bagira umususu iyo basoma abakunzi babo niyo abakunzi babo baba babibemereye,hari ababikorana isusumira cyangwa urwicyekwa bibaza uko biza kugenda nibaramuka babikoze nabi,urwo rwicyekwe rwiyongera cyane iyo uri imbere y’imbaga,kuko uba wumva ikimwaro kikugarije.
iyo ugize amahirwe ubikora uko ubyifuza ariko kandi iyo uri icyamamare ukabikora nabi gato camera n’abafotora bikora umurimo wabyo,hano hari amafoto agaragaza aba Star mukunda basomana bari imbere y’imbaga,bamwe muribo bagiye babikora ku buryo butanoze  abandi bagashiduka basumiye abo bari kumwe ku rubyiniro babasomaguye, gusa ntitwibagiwe abagiye basoma abo bahuje ibitsina ku buryo byavuyemo inkuru y’ubutinganyi.Ngaho nawe ihere ijisho.
Rihanna na Miley Cyrus

Rihanna na Miley
Liz Gillie  VS  Ariana Grande
Miley Cyrus VS Katy Perry  2014
Britney Spears VSÂ Madonna
Lil Wayne et Birdman
Rihanna na Britney Spears
Teyana Tylor VS Karrueche  Tran
umukuru w’umugi wa New York ,Micheal Bloomberg asomana na Lady Gaga
Madonna somagura Drake
Blac Chyna VS Amber Rose
Nicki Minaj VS LIl Wayne

Obama n’umugore we
Comments
0 comments
-
Hanze18 hours ago
Wa musore ufite ubumuga bw’ubugufi bukabije ukundana n’umukobwa w’ibiro 100 ari mu mazi abira.
-
Mu Rwanda10 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
inyigisho19 hours ago
Ngibi ibintu bibi cyane ukwiriye kwirinda gukora mu gitondo ukibyuka|byakugiraho ingaruka utitonze.
-
Utuntu n'utundi12 hours ago
Nta muntu utazatwika: Umukecuru w’imyaka 92 akomeje gutwika imbugankoranyambaga bitewe n’amafoto akomeje gushyira hanze.
-
Utuntu n'utundi18 hours ago
Mu mafoto:Irebere ubwiza bw’ikiraro gikozwe mu birahuri|benshi cyabateye ubwoba.
-
Imyidagaduro18 hours ago
Miss Ingabire Grace yavuze impamvu atakigaragara ku mbuga nkoranyambaga
-
Hanze11 hours ago
Umuraperi AKA yashyinguye umukunzi we witabye Imana nyuma yo kumwambika impeta
-
Mu Rwanda14 hours ago
Wa musore Pattel mwakunze ararize|yerekanye umukunzi we baterana imitoma.