Inkuru rusange
Nguku uko akarimi karyoshye ka Prince kamukururiye abakobwa utabara kugeza atabarutse.(Amafoto)

Prince Rogers Nelson abenshi bamenye nka Prince yitabye Imana ku italiki ya 21/Mata uyu mwaka,Prince yari umwe mu bahanzi ba Pop bakomeye kuva Michael Jackson atabarutse muri 2009,kimwe mu bintu bikunze kutabura ku bastar muri rusange cyane cyane abaririmba injyana za Rock,Pop,RnB n’ukutabura abo bahuza imitima(abakunzi),Prince nawe uburanga yarafite n’amagambo yaririmbaga ni bimwe mu byamupfumbatishije aba bakobwa bose,gutinyuka kyuririmba imibonano ntacyo yikanga byamugaragazaga nk’umwe mu bagabo bari ku isi begerwa n’igitsina gore cyane
Mbere reka mbabwire uko uyu mugabo atigeze ajya kure yo kuririmba ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina mu ndirimbo ze,reka dufate indirimbo yise”adore”Iyi n’indirimbo igaragaza uwo Prince yariwe nk’umuntu ndetse n’imimerere ye muri rusange ,hari aho agira ati”“When we be making love / I only hear the sounds / Heavenly angels crying up above / Tears of joy pouring down on us / They know we need each other.â€tugenekereje ati”igihe twari turyamanye/numvaga amajwi yonyine/abamalayika bo mu ijuru barira kubw’ibyishimo by’ibyo twarimo”
Kuri Prince guhuza ibitsina bwari uburyo bwo kwemera kandi bwa ngombwa mu buzima,abenshi bamufata nkuwoshyaga imbaga ngo ikoreshe ibice by’imibiri yayo yishimisha ariko ntawutekereza igihe yamaze ayobora abantu inzira nzima reka dufate na none indi ndirimbo imwe yise Lord’s Prayer yasohotse kuri album “Controversy†,iyi ndirimbo Prince ayivugamo umunsi w’imperuka

Yitwa Vanity ,yabaye umukunzi wa Prince igihe kirekire
UYu Prince yari umuhamya wa Jehovah ,ariko kandi kuri album ye yise “Puple Rain” hariho indirimbo yise “Let’s go crazy”,muri iyi ndirimbo avugamo uko abona iyobokamana,ndetse akavuga ati” nizeye ko hariho ubuzima y’isi kandi ubuzima bw’ibyishimo” kuri we yaraziko hariho ubundi buzima ariko kandi kwishima ako kanya nibyo yashyiraga imbere.

Appolonia nawe yigaruriye Prince n’ubwo bageze ubwo batandukana
Ikindi n’uko Prince yasigiye umugani abemera Imana rurema kuko yatinyutse kwiyita Messiah ,umucunguzi, ndetse yongeraho ati nabapfira,Ibi biri mu ndirimbo yise i’ll Die 4 u iri kuri album “Puple rain”ku rundi ruhande iki n’ikimenyetso cyo kwigereranya n’Imana rurema ari nacyo cyateye benshi kumushyira mu gatebo kamwe na Michael Jackson ka Illuminati.

None Gaye nawe yigeze kwiharira prince

Bria Valente yakundanye na Prince
N’abandi benshi barimo Misty Copeland,Manuela Testolini,Kim Bassinger,,,,,, bose bagiye biharira igikomangoma cya POP ku isi,Prince.
-
Imyidagaduro14 hours ago
Abanyamakuru ba Radio/TV10 bakije umuriro kuri KNC nyuma yo gushinja umwe muri bo kutarongora kandi akuze.
-
Imyidagaduro22 hours ago
Dore umukobwa mwiza watwaye umutima w’umunyarwenya Arthur Nkusi (AMAFOTO)
-
imikino11 hours ago
Amavubi yari yishyize mu mazi abira kubera umunyamakuru wa RBA
-
Imyidagaduro20 hours ago
The Ben na Miss Pamella bashyize hanze itariki y’ubukwe bwabo.
-
imikino19 hours ago
Umukunzi wa Yannick, yashyize ahagaragara video bari gusomana amushimira ibyo yamukoreye
-
Imyidagaduro16 hours ago
Amabanga akomeye ya Clarisse Karasira na Fiancé we yashyizwe ahagaragara
-
Imyidagaduro24 hours ago
Bwa mbere umunyarwenya Arthur Nkusi avuze ko afite umukunzi anavuga izina rye
-
imikino13 hours ago
Isi yose ikomeye amashyi ikipe y’U Rwanda Amavubi nyuma yo kunganya n’ikipe ya Maroc