in ,

Ngiki ikimenyetso cyerekana ko umukinnyi Usengimana Faustin n’umukunzi we bari mu nyanja y’urukundo

Usengimana Faustin myugariro w’ikipe ya APR FC unakunze kwitabazwa mu ikipe y’igihugu, bizwi neza ko akundana n’umwali witwa Bayingana Daniella ariko abenshi ntabwo bazi uko akunda uyu mukobwa urukundo rwuzuye kandi rusendereye. Faustin we ubwe akoresheje urubuga nkoranyambaga yashatse kwereka abanyarwanda ko yakunze Daniella amwimariramo maze akoresha ifoto ari kumwe nawe  mu kabwibwi ndetse ayiherekeza amagambo aryoheye kumva.

 

Mu ifoto igaragaza inyanja y’urukundo Faustin na Daniella boganamo,ibagaragaza bahagaze begeranye ariko ubona ibyishimo ari byose ndetse  ikirenze kuribyo nyir’ubwite Faustin wayishyize hanze yongeyeho amagambo agira ati” uburyo bwihuse bwo kwakira urukundo n’ugutanga urukundo,ndagukunda mutima wanjye ,Daniella……[]”

Hadaciyemo igihe kirambiranye Daniella nawe yahise yihutira guhamiriza Faustin ko nawe amukunda maze agira ati”Ndagukunda cyane mukundwa” nuko Faustin ashimira n’ibyishimo.

akalla

 

Ntabwo bwari ubwambere Faustin abwiye Daniella uburyo amukunda kuko yigeze anamubwira ati”hari ibintu miliyoni mu isi nshaka ariko byose nifuza ni wowe ”

ajakak

Ariko kandi ntabwo ari Usengimana Faustin wenyine ufite umukunzi  kandi yereka ko akunda mu bakinnyi b’abanyarwanda kuko n’abakinnyi nka Djihad Bizimana,Eric Rutanga,Yannick Mukunzi….n’abandi babafite ndetse YEGOB.RW iri kugutegurira urutonde rwabo.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibi bintu ni ubwa mbere bibaye ku ikipe ya Manchester United mu myaka 29 yose ishize

Jeux Olympique : Hari n’abakina bambaye ubusa buri buri !