in ,

NGARUKANYE IMPUNDURA MATWARA, INYOGOSHO N’INDIRIMBO YANJYE NSHYA, “ZAHABU”: Ayo ni amagambo ya P-FLA(+Audio)

Uyu muhanzi unzwi ku zina rya P-FLA ,muri muzika nyarwanda akaba azwi munjyana ya HIP HOP bamwe bahamyako ari umwami wayo hano mu Rwanda, akaba yahinduye  impinduramatwara ubwo yabonaga umunjyanama mushya ndetse agahita akora injyana ye nshya yise ZAHABU , iyi ndirimbo ikaba ifite amagambo akomeye kumva muyandi magambo ,ifite icyo twakwita kuzimiza usibye kuba yakoze n’indirimbo ye nshya yahinduye inyogosho byerekana ko agiye guhindura umuvuno muri muzika.

umuhanzi w'umuraperi P-FLA
umuhanzi w’umuraperi P-FLA

Uyu muhanzi hari hashize igihe kitari gito atagaragara muri muzika nyarwanda ariko we yadutangarije ko nyuma yo kubona umunjyana mushya ariwe Eliel Sando agiye kumufasha gukora injyana ye neza kandi mu buryo buri muntu yakwishimira kongera kumva injyana ye nshya.

umuhanzi w'umuraperi P-FLA n'inyogosho ye nshya
umuhanzi w’umuraperi P-FLA n’inyogosho ye nshya

Dore iminduka umunjyanama mushya wa P-FLA azanjye

  • Harimo kuririmba injyana zakumvywa na buri munyarwanda wese,
  • Kureka amagambo akomeye uyu muhanzi akunze gukoresha mubihanagano bye,
  • Guhindura uburyo indirimbo ijya ku isoko ndetse naho zikorerwa,
  • Gushaka uburyo bushya uyu muhanzi yakogera akigarurira abafana be,
  • Ndetse n’injyana z’iryoheye amatwi.

          Iyumvire indirimbo ye “ZAHABU “

https://www.youtube.com/watch?v=NfqUXMAiVoQ

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Waba uzi ibimenyetso byerekano ko umuhanzi nyaRwanda cyangwa se Ibyamamare nyaRwanda bimaze kubona amafaranga? :IREBERE AMASHUSHO

Dore ibihe byaranze urukundo rwa safi na knowless mu bihe byabo byashize:AMAFOTO ( +video)