in ,

Neymar yasabye imbabazi nyuma y’igikorwa kigayitse aherutse gukora mu gikombe cy’isi

Mu mukino wahuje ikipe ya Brazil na Costa Rica, umukinnyi Neymar yagaragayeho imyitwarire itari myiza aho yatutse abakinnyi benshi barimo na Capiteni w’ikipe y’igihugu ya Brazil, Thiago Silva, ibintu bitamushimishije nabusa.

Neymar rero ngo akaba yarasabye imbabazi capiteni we ubwo bari mu myitozo bitegura umukino uzabahuza n’ikipe ya Serbie kuri uyu wa gatatu.

Thiago Silva wara watangarije ibinyamakuru ko yababajwe bikomeye n’ibitutsi Neymar yamututse akaba yaramubabariye mu rwego rwo kwirinda kuba bateza umwuka mubi mu ikipe ya Brazil.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore washinjwaga gukora ku mabere y’umunyamakurukazi mu gikombe cy’isi, yababariwe

UBUSHYUHE ?! Miss Keza Joannah yakuyeho umwenda yerekana ibyo benshi bahisha +Video