in ,

Neymar yaraye yihanije mucuti we Lionel Messi ubwo Argentine yakinaga na Brazil

Ku munsi w’ejo imikino yo gushaka itike yo kuzajya muri gikombe cy’isi 2018 yari ikomeje hirya no hino ku isi, umwe mu mikino yari itegerejwe cyane akaba ari umukino wagombaga guhuza ikipe ya Argentine iyobowe na Lionel Messi n’ikipe ya Brazil na kizigenza wayo Neymar gusa byaje kurangira Neymar na bagenzi be bahaye isomo rya ruhago Messi na benewabo.

Philippe Coutinho (left) and Gabriel Jesus (right) join Neymar to celebrate Brazil's second goal against Argentina

Uyu mukino umukinnyi w’ikipe ya Liverpool, Coutinho niwe watangiye afungura amazamu ku munota wa 24 w’umukino ku ishoti ryiza cyane yataye inyuma y’urubuga rw’amahina. Neymar nawe yaje kunyeganyiza incundura ku munota wa 45 w’umukino bajya kuruhuka ari 2 ku busa.

But despite Argentina's pressure it was Brazil who took the lead, thanks to superbly-placed shot from Philippe Countinho
Coutinho arekura ishoti ryagiye rikaruhukira mu rucundura
The job got even harder for Argentina before the break after Neymar swept the ball home to double the Brazilian advantage
Igitego cya Neymar

Mu gihe cya kabiri cy’umukino Brazil yakomeje kotsa igitutu Argentine nuko ku munota wa 59 umukinnyi Paulinho abaona igitego cya 3 Brazil iba ikubise Argentine, Messi n’abambari be bataha bimyiza imoso.

The advantage was soon three, though, as Guangzhou Evergrande midfielder Paulinho poked the ball home past Romero
Paulista atsinda icya gatatu

Nyuma yiyo nsinzi Brazil yahise ifata umwanya wa mbere mu guhasha itike y’igikombe cy’isi mu gihe Argentine yo kuri ubu iri ku mwanya wa gatandatu iramutse itusubiye yahita asezererwa.
arg1

Neymar arimo yishimira igitego
Philippe Coutinho (left) and Gabriel Jesus (right) join Neymar to celebrate Brazil's second goal against Argentina
Coutinho na Gabriel Jesus baje kwishimana na Neymar nyuma y’igitego cya kabiri

It was an impressive display from Tite's side, who now top the South American World Cup qualifying standings

Paulinho arimo yishimira igitego cye
It was a frustrating night for Messi and his Argentina side as he struggled to truly stamp his mark on the contest
Lionel Messi we ntiyigeze yishima na busa muri uwo mukino
There was time for current Barcelona team-mates Messi and Neymar to embrace prior to kick-off in Belo Horizonte
Neymar yaje kwihanganisha mucuti we Messi

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Diamond wavuzweho kwihakana umugore we yagize icyo avuga (Cyumve hano)

” Parfine,uri itera ry’umutima wanjye”-Safi Madiba (amafoto)