in

NDUMIWE KOKO:Wa mugabo wamamaye mu Rwanda asenga mu buryo budasanzwe asekeje abantu|Yari yarabaswe n’inzoga|Afite abana umunani.

Uyu mugabo witwa Niyonzima Adriane amaze iminsi agaragara mu mashusho yasakaye ku mbugankoranyambaga asenga mu buryo budasanzwe, aho akunze kuvuga ngo “NDUMIWE koko”.Ndetse agasenga yitakuma mu buryo bukomeye yavuze byinshi ku mibereho ye.

Uyu mugabo akunda gusenga avuga ngo “NDUMIWE KOKO”

Mu kiganiro yagiranye na YAGO TV Niyonzima yavuze ko atuye mu karere ka Burera, aho yavuze ko afite umugore n’abana umunani.Uyu mugabo ugira urwenya cyane,kandi agasetsa cyane avuga ko yari yarasabitswe n’inzoga n’itabi ,ibintu byatumaga abantu bavuga ko atazabona umugore. Niyonzima avuga ko yabayeho mu buzima bubi cyane aho abantu bose bamwangaga, gusa yaje guhindurirwa amateka, ashaka umugore none ubu bageze mu bana 8 bose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yahisemo kwikorera ubukwe bwa wenyine ngo ahime abamusabaga kurongorwa.

Burya nta byera ngo de:Diamond Platnumz yashatse kwiyahuza uburozi ngo apfe.