Inkuru rusange
Ndababaye : Naringiye kurushinga nawe ariko nsanze afite ingeso iteye inkeke

Kera mu muco nyarwanda byari amahano ko umukobwa n’umusore babonana mbere yo kurushinga cyane ko no gusurana bitari byemewe, ariko ubu byabaye nk’umukino gusa bamwe ntibibahira kuko muri uko gusurana bamwe bahuriramo n’ibibazo bitandukanye harimo no kugaragaza ingeso bari barahishe inshuti zabo.
Umusore waganiriye n’Ikinyamakuru YEGOB utarashatse ko amazina ye atangazwa yavuze ibyamubayeho ubwo umukobwa w’inshuti ye yari yaje mu mujyi wa Kigali kugura ibirongoranwa cyangwa se ibizwi nk’amajyambere kuri bamwe.
Yagize ati†Umukobwa w’inshuti yanjye yaje kureba ibyo yarakeneye nk’abandi bageni bose, biba ngombwa ko bumwiriraho arampamagara ansaba kurara naje kubimwemerera ariko mu ijoro nahuriyemo n’ibibazo kuko yaraye anyarira buracya.”
Yakomeje avugako, yahise amutegeka kumara indi minsi kugirango arebe niba ar’ibyamutunguye gusa icyumweru cyarinze gishira atarahagarika uwo murimo we ugayitse.
Uyu musore akeneye inama yavuzeko nyuma yizo nama ariho azongera agatangariza umuryango icyemezo yafashe ku kubana niyo nshuti ye dore ko haburaga gusa icyumweru ngo ubukwe butahe.
Natwe tubijeje ko nyuma y’inama muzamuha tuzabagezaho umwanzuro yafashe.
-
Hanze20 hours ago
Rihanna yagaragaye mu mwambaro ukojeje isoni arimo kwishimira irahira rya Perezida Joe Biden
-
Ubuzima22 hours ago
Dore impinduka zaba ku mubiri wawe uramutse uriye umuneke ukarenzaho ikirahuri kimwe cy’amazi mu gitondo.
-
Imyidagaduro12 hours ago
Impamvu Mwiseneza Josiane adakora ubukwe yamenyekanye
-
Imyidagaduro20 hours ago
Umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga yagiriye inama abakobwa bakunda abasore bameze nka The Ben nyamara bo batameze nka Pamella
-
Imyidagaduro16 hours ago
Dore ubutumwa wa munyamakuru wa RBA wiciwe ubukwe ku munota wa nyuma yagenewe n’abafana be
-
imikino17 hours ago
Sadate yakijweho umuriro asabwa gutanga kimwe cya kabiri cy’amafaranga yemereye abakinnyi b’Amavubi
-
Inkuru rusange10 hours ago
Mama wa Christopher yitabye Imana
-
inyigisho11 hours ago
Ukuyemo amafaranga, reba ibindi bintu abakobwa babanza kureba ku basore mbere yo kubemerera urukundo.