in

NdababayeNdababaye

N’amarira gusa : ku myaka 17 abayeho nk’umwana muto w’uruhinja (video)

Tuyisenge christine niwe nyina wa Grolia umwana wavutse afite ibibazo aho benshi mu baturanyi bagiye babwira nyina ngo azamwice cyangwa amute kubera ikibazo cy’ubumuga yavukanye.

Mu gahinda kenshi christine yatangarije umunyamakuru ko akimara kumubyara abanganga bamubwiye ko umwana we avukanye ubumuga.

Yagerageje ku muvuza henshi hashoboka gusa bikomeza kwanga kugeza aho umuganga wanyuma yagezeho yamubwiyeko umwana we azaguma ameze gutyo bituma nawe yitakariza icyizere.

Umugabo we amaze kumenyako christine yabyaye umwana ufite ubumuga yahise yigendera asiga abwiye christine ko ngo iwabo batabyara ibimuga bityo akomeza kurera umwana wenyine nubwo bitoroshye n’akazi afite.

Ubuzima bwabo bukomeje kuba bubi kubera ko umwana ntabwo ajya asinzira nk’abandi bana ijoro ryose arara ari kurira bityo bigatuma na christine umubyeyi adasinzira kugeza ubu bimaze ku mutera umutwe udakira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

SUNNY Wakoze Indirmbo Yitwa “Kungora” Afatanyije Na Bruce Melodie Yatangiye Gukora Sport Zongera Ikibuno (Video)

Umukobwa witabiriye Miss Rwanda yashyize hanze amafoto yambaye bikini