Imyidagaduro
“Nabikora nka Neymar cyangwa Ronaldinho”-Miss Kwizera Peace

Ronaldinho yabaye umwami w’ubuhanga bwo gushyira umupira kuri buri rugingo rw’umubiri n’ubwo yavuye mu kibuga ibyo biri mu bintu yamenyekanyeho kandi arabitinyirwa,kuri ubu Neymar ukina mu ikipe ya Fc Barcelona ari mu batinyitse ku isi mu bijyanye no gushyira umupira ku ngingo z’umubiri kandi bikaryohera ijisho.
Igisonga cya kabiri cya Miss Rwanda 2016,Kwizera Peace nawe yatunguye abantu ubwo yagaragazaga ko ashobora gushyira umupira ku mutwe ukagumaho atawufatishihe intoki Ibintu byagora abantu batari bacye,ntawahamya ko byamugwiririye gusa ikigaragara n’uko nawe yabyishimiye ndetse ifoto igaragaza ibyo bihe yayisangije inshuti ze zisaga ibihumbi 9 ku rubuga rwa Instagram
Comments
0 comments
-
Hanze19 hours ago
Wa musore ufite ubumuga bw’ubugufi bukabije ukundana n’umukobwa w’ibiro 100 ari mu mazi abira.
-
Mu Rwanda11 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
inyigisho19 hours ago
Ngibi ibintu bibi cyane ukwiriye kwirinda gukora mu gitondo ukibyuka|byakugiraho ingaruka utitonze.
-
Utuntu n'utundi13 hours ago
Nta muntu utazatwika: Umukecuru w’imyaka 92 akomeje gutwika imbugankoranyambaga bitewe n’amafoto akomeje gushyira hanze.
-
Utuntu n'utundi19 hours ago
Mu mafoto:Irebere ubwiza bw’ikiraro gikozwe mu birahuri|benshi cyabateye ubwoba.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Miss Ingabire Grace yavuze impamvu atakigaragara ku mbuga nkoranyambaga
-
Hanze12 hours ago
Umuraperi AKA yashyinguye umukunzi we witabye Imana nyuma yo kumwambika impeta
-
Mu Rwanda15 hours ago
Wa musore Pattel mwakunze ararize|yerekanye umukunzi we baterana imitoma.
Pingback: Miss Jolly” Ibi byo nabize nka Bakame “ | YEGOB|Entertainment News
Pingback: Miss Jolly” Ibi byo nabikoze nka Bakame “ | YEGOB|Entertainment News